HABIMANA Sadi

1662 Articles

Abanyamupira bakomeje guhuzwa na ‘Esperance Football Tournament’

Mu gihe umwaka w’imikino 2025-26 warangiye muri ruhago y’u Rwanda, irushanwa ‘Esperance Football Tournament 2026’ ritegurwa n’umusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Jean…

APR FC yatandukanye n’abarimo Ishimwe Pierre

Ikipe y’Ingabo ntizakomezanya n’abakinnyi bandi bane barimo umunyezamu, Ishimwe Pierre wari umaze igihe yaratakaje umwanya wo gukina kubera uburwayi bwatumye…

Misiri na Cape-Vert zatangiye neza Igikombe cy’Isi 2026

Ibihugu biri mu bihagarariye Umugabane wa Afurika, Misiri na Cape-Vert, zatangiye zibona inota mu mukino wazo wa mbere w’Igikombe cy’Isi…

Real Madrid yaguze myugariro wakinaga mu Bwongereza

Ikipe ya Real Madrid yatangaje myugariro wakinaga muri Chelsea, Marc Cucurella nk’umukinnyi wayo kugeza mu 2032. Ni inkuru yatangajwe ku manywa…

Côte d’Ivoire yatangiye neza Igikombe cy’Isi 2026

Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire iri mu zihagarariye Umugabane wa Afurika mu Gikombe cy’Isi 2026, yatangiranye intsinzi yakuye kuri Equateur.…

Hoziyana Kennedy yumvikanye na Rayon ariko asinyira AS Kigali

Mbere y’uko atangazwa nk’umukinnyi wa AS Kigali, Hoziyana Kennedy yumvikanye n’ubuyobozi bwa Rayon Sports ndetse barahura ariko bagira ibyo batumvikanaho.…

Table-Tennis: Asifiwe na Kamikazi bahize abandi mu irushanwa ryo Kwibuka 2026

Ubwo hasozwaga irushanwa rya Tennis ryo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Kamikazi Elizabeth mu…

KIPM: Imidari myinshi yasigaye i Kigali muri Half-Marathon

Abanyarwanda batatu, bitwaye neza mu irushanwa mpuzamahanga ryo Gusiganwa ku Maguru ‘Kigali International Peace Marathon’ mu Cyiciro cy’Ibilometero 21 .…

Ben Moussa ntakiri umutoza wa Police FC

Ubuyobozi bwa Police FC, bwemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana n’umunya-Tunisie, Ben Moussa wari umutoza mukuru wayo. Ni amakuru yemejwe…

RAC yihariye ibikombe mu irushanwa ryo Kwibuka abari abakozi

Ubwo hasozwaga irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yatwaye ubuzima bw’abarenga miliyoni barimo…