HABIMANA Sadi

1662 Articles

Abajura bacucuye ikipe y’igihugu y’u Bwongereza

Ikipe y'Igihugu y'u Bwongereza yibiwe ibikoresho mu modoka birimo inkweto z'abakinnyi n'imipira yo gukina ubwo yari mu modoka yerekeza muri Florida. Ni inkuru…

Yahereye muri Marine! AS Kigali yageze ku isoko

Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwatangaje abakinnyi bashya barimo babiri yakuye muri Marine FC y’Ingabo zirwanira mu mazi. Iyi kipe iterwa…

FIFA yashyize igorora abazareba Igikombe cy’Isi 2026

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi ifatanyije n’urubuga rwa YouTube, bashyizeho uburyo bworohereza abakunda ruhago bifuza kuzakurikira Igikombe cy’Isi 2026. Izi…

Abanyamahanga barezwe urugomo birukanywe mu Rwanda

Nyuma y’inkuru y’urugomo rw’abanyeshuri b’abanyamahanga bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri i Musanze, abakekwagaho uruhare muri urwo rugomo basubijwe iwabo.…

Kiyovu Sports yinjiye ku isoko ry’igura n’igurisha

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yinjiye ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, bwatangaje Hamiss Hakim nk’umukinnyi wayo mushya. Urucaca rwasoje Shampiyona y’u…

Hillary Clinton yanenze ubutegetsi bwa Amerika

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zangiye umusifuzi mpuzamahanga ukomoka muri Somalia, Omar Abdulkadir Artan kwinjira mur iki gihugu, Hillary…

Umwihariko wa ‘Agaciro Pre-season Tournament 2026’

Kimwe mu mwihariko w’irushanwa rifasha abakinnyi kwigaragaza no kubyaza umusaruro impano bifitemo ‘Agaciro Pre-season Tournament 2026’, ni uko abatarengeje imyaka…

Nsanzimfura Keddy yongereye amasezerano muri Kiyovu Sports

Nyuma yo kuyifasha kubona umwanya wa gatatu, Nsanzimfura Keddy ukina hagati mu kibuga ajyana imipira imbere, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri…

Irushanwa ritegurwa na Cucuri ryahumuye

Mu gihe habura igihe kibarirwa ku ntoki ngo irushanwa ‘Esperance Football Tournament 2026’ ritegurwa n’umusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Claude ‘Cucuri’ ritangire,…

Camarade yateye umugongo Bugesera FC yerekeza i Nyagatare

Ubuyobozi bwa Sunrise FC, bwatangaje ko iyi kipe yamaze gusinyisha Banamwana Camarade nk’umutoza mukuru wayo mu gihe cy’umwaka umwe uri…