HABIMANA Sadi

1360 Articles

Bekeni yibukije APR FC ko atari ikipe nkuru

Nyuma yo gutsinda ikipe y’Ingabo ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda , umutoza wa Etincelles…

Rayon Sports yibutse abayikiniye bazize Jenoside

Umuryango wa Rayon Sports n’abakunzi bawo by’umwihariko abatuye mu Karere ka Rubavu, wibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi…

Haringingo yabuze ingingo zimukura i Rubavu

Nyuma yo gutangira gutoza ikipe ya Rayon Sports, umutoza, Haringingo Francis Christian ‘Mbaya’, yakuye inota rimwe kuri Rutsiro FC mu…

FERWAFA yijeje ikipe y’abangavu gukomeza kuyishyigikira

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Shema Ngoga Fabrice, yijeje abakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 17, gukomeza…

Abangavu ba Zambia U17 bavuye i Kigali bemye

Ikipe y’Igihugu ya Zambia y’Abangavu batarengeje imyaka 17, yatsinze iy’u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino ubanza wo gushaka itike y’Igikombe…

Umugore muri Siporo: Urugendo rwa Gikundiro Scholastique

Umwe mu bato bakina umupira w’amaguru mu bagore, Gikundiro Scholastique, yahishuye uko yatangiye urugendo rwe afite imyaka itatu y’amavuko. Mu…

Garden of Eden Produce yasuye urwibutso rwa Kigali – AMAFOTO

Mu gihe u Rwanda rukiri mu minsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, Abayobozi n’abakozi…

Inter Miami CF yatandukanye n’uwayitozaga

Umunya-Argentine, Javier Mascherano watozaga Inter Miami CF ikinamo Lionel Messi, yatandukanye nayo ku mpamvu yise ze bwite. Mascherano yahesheje iyi…

Ghana: Black Stars yabonye umutoza mushya

Nyuma yo gutandukana na Otto Addo, Carlos Queiroz yagizwe umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Ghana . Uyu mutoza niwe uzayitoza ahereye…

Muhawenimana Claude yahagaritswe muri Fan-club y’Amavubi

Nyuma y’imyaka 12 ari muri izi nshingano, uwayoboraga abafana b’ikipe y’Igihugu, Amavubi ku rwego rw’Igihugu, Muhawenimana Claude, yahagaritswe kubera gukekwaho…