HABIMANA Sadi

1661 Articles

Luvumbu yongewe mu bo Rayon Sports izifashisha muri CECAFA

Nyuma yo gusohora urutonde rw’abakinnyi 23 batarimo Mukagatete Emelyne bazifashishwa muri CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, Rayon Sports…

Immaculée yatandukanye na Rayon Sports WFC

Myugariro wo hagati, Uwimbabazi Immaculée, yamaze gutandukana na Rayon Sports WFC yebereye kapiteni mu mwaka ushize 2025-26. Gutandukana kw’uyu mukinnyi…

Ibyo Shema akurikiranyweho si ibya FERWAFA – RIB

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B.Thierry, yatangaje ko Shema Ngoga Fabrice uyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA,…

FC Ujeko ya Djibouti yaguze abakinnyi b’Abanyarwanda

Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo hatangire CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, FC Ujeko yo muri…

Hitezwe iki mu Nteko Rusange ya AS Kigali?

Abanyamuryango ba AS Kigali batumiwe mu Nama y’Inteko Rusange isanzwe Rusange isanzwe y’iyi kipe, iteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru. Iyi…

Kankindi Anne-Lise ntakiri mu Buyobozi bwa AS Kigali

Uwari Visi Perezida wa AS Kigali muri Komite iyobowe na Rindiro Jean Chrysostome, Kankindi Anne-Lise Lida, yamaze kuva muri izo…

U Rwanda rwahawe kwakira CECAFA indi myaka ibiri

Inama y’Ubutegetsi Ishinzwe gutegura amarushanwa ahuza amakipe yitwaye neza mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba no Hagati (CECAFA), yemeje ko…

APR FC ishobora kudakina Super Coupe 2026

Umutoza w’ikipe y’Ingabo, Abderrahim Taleb, yatangaje ko bandikiye Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, FERWAFA, iyimenyesha ko ititeguye gukina Super Coupe…

Mangwende yabonye ikipe mu Buhinde

Myugariro w'ikipe y'igihugu Amavubi, Imanishimwe Emmanuel yasinyiye ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde nyuma yo gutandukana na AEL Limasol…

Kiyovu Sports yakiriye umutoza mushya

Abakunzi ba Kiyovu Sports, baraye bagiye kwakira umutoza mukuru wayo, Mark Harrison. Yageze i Kigali mu ijoro ryo kuwa 10…