Ikipe ya Real Madrid yatangaje myugariro wakinaga muri Chelsea, Marc Cucurella nk’umukinnyi wayo kugeza mu 2032. Ni inkuru yatangajwe ku manywa…
Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire iri mu zihagarariye Umugabane wa Afurika mu Gikombe cy’Isi 2026, yatangiranye intsinzi yakuye kuri Equateur.…
Mbere y’uko atangazwa nk’umukinnyi wa AS Kigali, Hoziyana Kennedy yumvikanye n’ubuyobozi bwa Rayon Sports ndetse barahura ariko bagira ibyo batumvikanaho.…
Ubwo hasozwaga irushanwa rya Tennis ryo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Kamikazi Elizabeth mu…
Abanyarwanda batatu, bitwaye neza mu irushanwa mpuzamahanga ryo Gusiganwa ku Maguru ‘Kigali International Peace Marathon’ mu Cyiciro cy’Ibilometero 21 .…
Ubuyobozi bwa Police FC, bwemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana n’umunya-Tunisie, Ben Moussa wari umutoza mukuru wayo. Ni amakuru yemejwe…
Ubwo hasozwaga irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yatwaye ubuzima bw’abarenga miliyoni barimo…
Ikipe y'Igihugu y'u Bwongereza yibiwe ibikoresho mu modoka birimo inkweto z'abakinnyi n'imipira yo gukina ubwo yari mu modoka yerekeza muri Florida. Ni inkuru…
Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwatangaje abakinnyi bashya barimo babiri yakuye muri Marine FC y’Ingabo zirwanira mu mazi. Iyi kipe iterwa…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi ifatanyije n’urubuga rwa YouTube, bashyizeho uburyo bworohereza abakunda ruhago bifuza kuzakurikira Igikombe cy’Isi 2026. Izi…
Sign in to your account