NSHIMIYIMANA THEOGENE

216 Articles

Abagabo bafatanywe moto ebyiri bikekwa ko bazibye

Nyanza: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwiba moto mu bihe bitandukanye, bakazikuramo ibyuma bakazigurisha, igihe bafatwaga bari bafite moto ebyiri. Polisi…

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

Gitifu wakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’amezi atandatu yahise ajurira

*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungisha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…

Hafashwe icyemezo mu rubanza rw’umugabo uregwa kwica umugore we bari bararanye

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwafashe icyemezo cyo kurekura by'agateganyo umugabo wo mu kagari ka Mubuga, mu murenge wa Rwabicuma mu…

Umwana wigaga mu mashuri abanza yarohamye

Umwana w'imyaka icyenda wigaga ku ishuri ribanza rya G.S Cyarwa yarohamye mu mugezi wa Nganzo ahita apfa. Ahagana ku isaha…

Umusore yareze umukobwa ngo amusubize amafaranga ye “ibyo bumvikanye ntibyagezweho”

Nyanza: Rurageretse hagati y'umusore bikekwa ko yahaye umukobwa amafaranga ibihumbi mirongo itanu (Frw 50,000) ngo baryamane, ariko ntibigerweho, ikibazo cyageze…

RIB yafunze umugabo wagize umwana umugore

Umugabo bikekwa ko yabanaga n'umwana yaramugize umugore yatawe muri yombi. Kuri sitasiyo ya RIB ya Busasamana mu karere ka Nyanza…

Muhizi wareze BNR kuri Perezida “bikamuviramo gufungwa” yongeye gutakambira Sena

Muhizi wareze Banki Nkuru y'Igihugu, BNR kumuhuguza inzu akabibwira Perezida Paul Kagame, yongeye gutakambira Sena ayisaba ko yakwinjira mu kibazo…

Béatrice Munyenyezi – umushinja ko yamuteje interahamwe zikamusambanya ntazabazwa n’Urukiko

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibi rufite icyicaro i Nyanza, rwafashe icyemezo ko 'umutangabuhamya' ushinja Béatrice Munyenyezi ko…

Micomyiza avuga ko ntaho izina rye rigaragara mu bakoze Jenoside

Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza woherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden yireguye avuga ko inyandiko yasohowe na Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano…