Abagize URUNGANO family group bize ku kigo cy'amashuri cya ES Higiro basubiyeyo bakora igikorwa cya "Garukushime" bafasha abana batishoboye bahiga.…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ubukangurambaga bugamije gushishikariza abaturage, by’umwihariko urubyiruko, kugira uruhare mu kwirinda no gukumira…
Nyamagabe: Kuri uyu wa 16 Kamena 2026 ku makuru yatanzwe n'abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe, mu murenge wa Kibirizi,…
Ubuyobozi bw'ibitaro by'akarere ka Nyanza bwanenze abaganga bo muri biriya bitaro bakoze jenoside bakica abo bari bashinzwe gukiza (kuvura). Ibitaro…
Umugore bikekwa ko yari avuye ku muvuzi gakondo agatega moto avayo yerekeza iwabo, igihe yari avuye kuri moto ategereje imodoka…
Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…
Muhanga: Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko by’umwihariko urw’abakorerabushake gukomeza kugira uruhare mu bikorwa byo gukumira ibyaha,…
Umugabo witwa Emile usanzwe ari umucuruzi wo mu murenge wa Kinazi, mu karere ka Huye yatawe muri yombi akekwaho kwica…
Umugabo wo mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza yagiye gutema amasaka mu gishanga cya Mwogo, baza kuhamukura yapfuye.…
Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza uregwa ibyaha bifitanye isano na Jenoside, akaba yaroherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden yanenze imvugo z'abatangabuhamya…
Sign in to your account