NSHIMIYIMANA THEOGENE

204 Articles

Polisi yafashe abagabo 5 bafite imihoro n’imfunguzo nyinshi

Nyamagabe: Kuri uyu wa 16 Kamena 2026 ku makuru yatanzwe n'abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe, mu murenge wa Kibirizi,…

Ibitaro bya Nyanza byanenze abaganga bakoze jenoside

Ubuyobozi bw'ibitaro by'akarere ka Nyanza bwanenze abaganga bo muri biriya bitaro bakoze jenoside bakica abo bari bashinzwe gukiza (kuvura). Ibitaro…

Umugore yateze moto ayivuyeho ahita apfa

Umugore bikekwa ko yari avuye ku muvuzi gakondo agatega moto avayo yerekeza iwabo, igihe yari avuye kuri moto ategereje imodoka…

Imiryango 16 yorojwe inka zihaka

Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…

Polisi yasabye urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu gukumira ibyaha

Muhanga: Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko by’umwihariko urw’abakorerabushake gukomeza kugira uruhare mu bikorwa byo gukumira ibyaha,…

Umucuruzi akurikiranyweho kwica umuntu – yarwanye na bo ari 6

Umugabo witwa Emile usanzwe ari umucuruzi wo mu murenge wa Kinazi, mu karere ka Huye yatawe muri yombi akekwaho kwica…

Nyanza: Umugabo yagiye gutema amasaka bahamukura yapfuye

Umugabo wo mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza yagiye gutema amasaka mu gishanga cya Mwogo, baza kuhamukura yapfuye.…

Micomyiza yasabye ko ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside “wamushinjaga” bwazahabwa agaciro

Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza uregwa ibyaha bifitanye isano na Jenoside, akaba yaroherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden yanenze imvugo z'abatangabuhamya…

Gitifu uvugwaho “uruhuri rw’amakosa” yirukanwe mu kazi

Nyanza: Umuyobozi yirukanwe bikekwa ko azira guhindura umunsi w'umuganda rusange n'andi makosa yo mu kazi atandukanye. Ni uwari Gitifu w'akagari…

Amakimbirane hagati y’umusore na Se yarangiye umwe ahasize ubuzima

Nyanza: Umusore afunzwe akekwaho kwica se umubyara biturutse ku makimbirane se yari afitanye na nyina n'andi makimbirane yari mu muryango…