Amakuru aheruka

Mozambique: Imfungwa 1500 zatorotse gereza

Polisi ya Mozambique yatangaje ko imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza muri, zifatiranye

Nyanza: Polisi yafunze umusaza wakoze Jenoside  aza guhindura amazina

Polisi ikorera mu karere ka Nyanza  yafunze umusaza wari warahinduye amazina yihishahisha,

Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu ko Noheli yababera isoko y’amahoro

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko umunsi wa Noheli ari

Rusizi: Ubuyobozi bwijeje kuba hafi y’Abarokotse Jenoside batishoboye 

Imiryango 50 y'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batishoboye  bo mu Mudugudu

Tshisekedi yamaramaje asaba ko itegekonshinga rihinduka

Perezida Felix Tshisekedi ubwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Ukuboza

Kigali: Hashyizweho imodoka zitwara abagenzi ijoro ryose mu minsi mikuru

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru ya

Muhanga: Gitifu ushinjwa kugurisha Ishyamba rya leta yakatiwe iminsi 30

Nsanzimana  Védaste wayoboraga Umurenge wa Nyabinoni Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30

Icukumbura ku bibazo biri mu gutwara imyanda mu Mujyi wa Kigali

Umujyi wa Kigali uri mu Mijyi  muri Afurika irangwa n’isuku ahanini bigizwemo

Mozambique: Abashyigikiye umukandida  watsinzwe amatora  bongeye kwigaragambya 

Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje

Nyamasheke: Abagabo babiri bafatanywe ihene bamaze kuyikuraho uruhu

Nsengimana François w’imyaka 32 na Niyomwungeri  Olivier  nawe w’imyaka 18, bafatanywe ihene,

Gicumbi: Imikino yahindutse iturufu mu guhindura inyumvire y’abaturage

Imidugugu 19 yari mu marushanwa mu Murenge wa Giti yasoje imikino kuwa

RIB yacakiye uwiyitiriraga inzego,umunyamasengesho, abeshya urukundo abakobwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwerekanye umugabo ukekwa kuba  yarariye afaranga y’abantu barimo

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’iza Congo

Umuturage umwe yapfiriye mu kurasana kwabaye hagati y’ingabo za Uganda (UPDF) ziri

Amajyaruguru: Basabwe kugana ibigo y’imari aho kumarira utwabo muri Banki Ramberi

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yasabye abaturage kugana ibigo by'imari n'amabanki ,

Musanze: Akarere kaciye impaka ku mwiryane wari uri mu barema amasoko y’ibiribwa

Kuva isoko rishya ry'ibiribwa rya Kariyeri rikorera mu mujyi wa Musanze ryakuzura,