Mudasobwa 16 zibiwe ku kigo cy’ishuri mu Ruhango
Muri GS Muhororo iherereye mu Kagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango mu…
Urukiko rwarekuye abari abayobozi bakomeye i Nyanza
Urukiko Rukuru Urugereko rwa Nyanza rwarekuye abari abayobozi bakomeye mu Karere ka…
Gisagara: Hagiye kubakwa urugomero ruzakuba kabiri umusaruro w’ubuhinzi
Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara butangaza ko umushinga wo kubaka urugomero rufata amazi…
Rwanda: Ababyeyi 95% babyarira kwa muganga
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko mu myaka itanu ishije, isize 95%…
Muhanga: Gitifu uregwa gutema ishyamba rya Leta yongerewe igifungo
Urukiko rw'ibanze rwa Nyamabuye rwongereye igifungo cy'iminsi 30 Nzanzimana Védaste ukurikiranyweho gutema…
Uganda yashyizeho ingamba z’Ubwirinzi ku mupaka uyihuza na Congo
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Maj Gen Felix Kulayigye, yatangaje ko igisirikare cya…
Amahanga ari ku gitutu nyuma yaho M23 ifashe Goma
Ibiro by'Umukuru w'Igihugu, Village Urugwiro,byatangaje ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ikiganiro…
Muhanga: Umubyeyi wabyaye impanga z’abana batatu agiye gufashwa
Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, wemeye guha ubufasha Umubyeyi wabyaye…
Umukinnyi w’Amavubi mu bahataniye igihembo mu Bubiligi
Samuel Gueulette ukinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ari mu bakinnyi bahataniye igihembo cy’Umukinnyi…
Ubushinjacyaha bwajuririye Umukire utunze imodoka 25, ibibanza 120, igorofa mu mujyi wa Kigali
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cyafashwe n'urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza…
RDF ni ingabo z’igihugu ntabwo ari “inyeshyamba” – Kagame akosora Ramaphosa
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakosoye Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa…
Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko “gahunda yabo ari ukujya i Kinshasa”
*Nangaa yavuze ko "Etat de siege irangiye muri Kivu ya Ruguru no…
Ingabo na Polisi zigiye muri Mozambique zasabwe kurangwa n’indangagaciro
Ingabo na Polisi zigiye koherezwa mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique…
Umutangabuhamya yashinje ‘Mico’ gutunga imbunda mu gihe cya Jenoside
Umutangabuhamya wazanywe n'ubushinjacyaha yashinje 'Mico'ko yamubonanye imbunda mu gihe cya Jenoside yakorewe…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yavuganye na Nduhungirehe kuri telefoni
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, yatangaje ko yagiranye ikiganiro na…