Abanyamadini biyemeje guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Abanyamadini biyemeje gutanga umusanzu wabo mu guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryugarije umuryango nyarwanda, bashingiye ku ijwi ryabo rigera kure no kuba abaturage babagirira icyizere cyane. Byatangajwe ku wa 18 Ukwakira 2024 mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abayobozi ba Leta, ab’amatorero, imiryango ya gikristo n’imiryango itegamiye kuri Leta. Hagaragajwe ko kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere ari […]