Mu cyaro

Muhanga: Umuforomo avugwaho guha impapuro mpimbano abarwaye COVID-19 bagataha

*Uyu muforomo yavunitse ivi asimbutse igipangu ubwo yari agiye gufatwa Umuforomo mu

Guverineri Habitegeko yihanije abimurira utubari mu ntoki no mu ishyamba

Karongi: Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Habitegeko François yasabye abatuye Akarere ka Karongi, gushyira

Ngororero: Umugabo yakubise ifuni umugore we ahita atoroka

Baraturwango François wo mu Murenge wa Ndaro, mu Karere ka Ngororero ari

Abashoferi 4 bavanaga abantu i Kigali rwihishwa babajyanye mu Ntara y’Iburasirazuba bafatiwe nzira

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yerekanye abashoferi bane batwara abagenzi

Nyanza: Aho DASSO yakubitiwe kubera kanyanga yongeye kuhagaragara

Mu Mudugudu wa Gatongati, mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyabakamyi,

Umushoferi wa Nyanza Milk Industries yishwe n’impanuka y’imodoka y’uruganda

Ruhango: Impanuka y'imodoka y'uruganda rutunganya amata rw’i Nyanza yaguyemo umushoferi w'iyo modoka,

Musanze: Habonimana wari urwariye Covid-19 mu rugo yasanzwe mu nzu yapfuye

Mu Kagari ka Cyabagarura, mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze

Rubavu: Bamwe muri ba ba Gitifu b’utugari 7 baravuga ko begujwe ku gahato

Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b'Utugari 7 two mu Karere ka Rubavu barijujutira

Ngororero: Justin Nsengimana yakoze indirimbo irwanya ibyangiza icyogogo cya Sebeya

Umuhanzi Justin Nsengimana ukomoka mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Muhanda

Ngoma: Umwarimu wakosoraga ibizamini yasanzwe mu nzu yapfuye

Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Ngoma mu Ntara y'Uburasirazuba, mu

Bugesera: Umugabo n’Umugore bumvikanye kwica umwana wabo bakamutaba mu rufunzo

Iradukunda Jean d'Amour n'Umugore we Mujawimana Diane bashinjwa gutaba mu rufunzo uruhinja

Burera: Polisi yafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano

Musanze: Ubujura bw’inka bumaze gufata indi ntera mu Murenge wa Gacaca

Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze mu Majyaruguru y'u Rwanda,

Gicumbi: Umuganga yavunitse igufwa ry’ukuguru ubwo yirukaga ahunga Abapolisi

Umuganga witwa Habiyakare Damascene ukorera mu Nkambi y'impunzi ya Gihembe mu Karere

Muhanga/Rongi: Abubatse kuri EP Karama barataka inzara ngo barambuwe

Abaturage  barenga 50 bubatse ibyumba by'amashuri ku ishuri ribanza rya Karama, (EP