Mu cyaro

Gicumbi: Umurenge wa Rutare aho amazi yari ingume ubu yarahageze

*Kugira ngo bavome banagire ikindi bakora babyukaga saa munani z’ijoro bajya mu

Nyanza: Ihagarara ry’igitaramo ‘I Nyanza Twataramye’ ryateje igihombo kuva ku mahoteli kugera ku banyonzi

Mu Kiganiro n'itangazamakuru cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, taliki ya

Muhanga: Abayobora isoko rishya bagiye kureba uko abacuruza imboga n’imbuto barindwa Izuba

Nyuma y'uko bamwe mu bacururizaga imboga n'imbuto mu igorofa ry'inyuma y'isoko rishya

Urubyiruko rw’abakorerabushake baremeye umuryango w’uwarokotse Jenoside utagira aho uba

Karongi: Ni igikorwa bakoze nyuma yo gukora urugendo ndetse no gusura urwibutso

Ngoma: Abantu 11 bafashwe basengera mu ishyamba barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19

Abaturage bababonye basenga bitemewe ni bo batanze amakuru maze ubuyobozi bw’inzego z'ibanze

Umuturage uvuga ko agiye kumara imyaka 15  Gitifu amuhuguje inka — Uko byagenze

Muhanga: Nzitirwanimana Dismas wo mu M urenge wa Rongi, Akagari ka Nyamirambo,

UPDATED: Abakiristu na Padiri bari bajyanywe kuri Stade Ubworoherane barekuwe batanze amande

UPDATE: Umuseke waje kumenya ko abantu bajyanywe kuri Stade Ubworoherane y'i Musanze

Gicumbi: Umusore yakuye igitsina mu ipantalo asohorera ku mugore w’abandi mu isoko rwagati

Umusore w'imyaka 22 wo mu Karere ka Gicumbi mu isoko rwagati rya

Rusizi: Mwarimu yafatiwe mu cyuho asambanya umunyeshuri yigisha – Uko byagenze

Umwarimu witwa Paulin w'imyaka 35 y'amavuko wigisha muri Groupe Scolaire Saint Nicolas

Ngoma/Rukumberi: Barishimira intambwe bagezeho mu bumwe n’ubwiyunge

Mu Murenge wa Rukumberi, mu Karere ka Ngoma, hateguwe ibiganiro by’isanamitima ku

Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we w’imyaka 13

Umugabo witwa Felix w'imyaka 45 ukora akazi k’ubushoferi ku rukiko afunzwe akurikiranyweho

Muhanga: Ikibazo duhanganye nacyo ni icy’ abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe abatutsi -CNLG

Mu muhango wo gushyingura imibiri 1093 y'abatutsi biciwe iKabgayi no mu nkengero

Bidutera ipfunwe n’ikimwaro kubona hari bamwe muri twe bijanditse mu bwicanyi – Dr. Tuyishime

Umuyobozi w'ibitaro by'Akarere ka Nyanza, Dr.Tuyishime Emile yavuze ko bibatera ipfunwe kubona

Gufasha uwahohotewe afite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni ingorabahizi ku bakozi ba Isange

Huye: Bamwe mu bakozi bakora muri Isange One Stop Center (ifite inshingano

Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho ubufatanyacyaha mu gusambanya abana

Muhanga: Umuvugizi w'urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha, Dr Murangira B.Thiery yavuze ko bakurikiranye Umuyobozi