Kayonza: Abaturage bari barazahajwe n’amapfa ubu akanyamuneza ni kose
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kaborondo mu Karere ka Kayonza,…
Ambasaderi Ullah Khan wa Pakisitani yeretse abahinzi ko icyayi ari isoko ryagutse
Ambasaderi wa Pakisitani mu Rwanda,Naeem Ullah Khan yeretse abakora ubuhinzi butandukanye amahirwe…
Rusizi: Aborozi b’amafi barifuza uruganda rutunganya ibiryo bya zo
Bamwe mu borozi b’amafi bo mu Karere ka Rusizi , bavuga ko…
Kigali : Hagaragajwe uko umugore yakwiteza imbere yifashishije ikoranabuhanga
Mu biganiro byahuje ibigo bitandukanye bifite aho bihuriye n’Imari ndetse n’ikoranabuhanga,hagaragajwe uko…
Abasekirite barasabwa gukorana neza na Polisi n’izindi nzego z’umutekano
Ikigo gitanga serivise zo gucunga umutekano ku bikorera mu buryo bwigenga “Privé”,…
RAB yashyize igorora Urubyiruko rukora ubuhinzi
Ikigo gishinzwe Iterambere ry'Ubuhinzi n'Ubworozi mu Rwanda (RAB) cyatangaje hari umushinga ugiye…
Abikorera biyemeje guteza imbere ihame ry’Uburinganire
Ibigo by'Abikorera mu Rwanda byiyemeje guteza imbere no kwimakaza Ihame ry'Uburinganire hagati…
Harimo ibikorwaremezo: Imyaka 30 y’Iterambere ry’abatuye u Burengerazuba
Abatuye Intara y'Iburengerazuba bavuga ko mu myaka 30 ishize hari byinshi bishimira…
Ingengo y’imari y’umwaka utaha izagera kuri miliyari 5,690.1 Frw
Ingengo y'Imari y'umwaka wa 2024-2025 izagera kuri miliyari 5,690.1 Frw n'inyongera ya…
RICA yafatiriye ibikoresho bidafitiwe inkomoko by’agaciro ka Miliyoni 14frw
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA)…
Bugesera: Ikibazo cy’umubare mucye w’abatanga serivisi z’ubutaka cyavugutiwe umuti
Umuyobozi w'Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard yatangaje ko ikibazo cyo gutinda kubona…
Musanze: Isoko n’Agakiriro bimaze imyaka Irindwi bipfa ubusa
Mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, hari isoko n’agakiriro bimaze…
Uruhare rw’uburinganire n’ubuziranenge mu iterambere ry’inganda mu Rwanda
Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kimwe mu bikorwa by’ingenzi Leta…
Congo yarekuye abakozi ba Kenya Airways
Sosiyete y’indege yo muri Kenya, Kenya Airways, yemeje irekurwa ry’abakozi bayo, ivuga…
Abo mu Mirenge y’ibyaro barataka kutagira imodoka rusange
Muhanga: Abatuye n'abakorera mu Mirenge iherereye mu Majyaruguru y'Akarere bavuga ko gutega…