Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Huye: Umugabo wishe nyirarume amuziza avoka ashobora guhanishwa burundu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w'imyaka 31 ukekwaho kwica nyirarume  w’imyaka 45 amuteye icyuma mu gatuza. Icyaha…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali ya Loni mu rwego…

Nyamasheke: Mu mirenge haracyari imbogamizi y’imihanda idakoze n’ibiraro byangiritse

Abaturage bo mu mirenge itandukanye bavuga ko babangamiwe n’uko ubuhahirane bwo mu mirenge iwabo bugoranye bitewe n’uko imihanda ibahuza, kimwe…

Ingaruka z’intambara – U Rwanda rwiteguye gufata ingamba ngo ibiciro bitazamuka

Abayobozi bashinzwe ubukungu n'ubucuruzi batangaje ko intambara iri muri Iran ishobora kugira ingaruka ku biciro by'ibikomoka kuri petrol na Gaz,…

Ibihano bya Amerika kuri RDF bibogamiye ku ruhande rumwe – Guverinoma

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zafatinye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) na bamwe mu basirikare…

America yemeje urupfu rw’abandi basirikare babiri

Leta zunze Ubumwe za America zemeje ko abandi basirikare babiri byemejwe ko bishwe mu bitaro Iran igaba yihimura ku bya…

UPDATED: America yafatiye ibihano ba Offisiye muri RDF

Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy'u Rwanda (RDF), ndetse n'Abanyarwanda bane.…

Ubushinwa bwasabye America na Israel guhagarika ibitero kuri Iran

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ubushinwa, Wang Yi yagiranye ibiganiro kuri telefoni na Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Iran, Abbas Araqchi mu byagarutsweho…

UPDATES: Ibyaranze umunsi wa 3 w’Intambara ya America na Israel kuri Iran

Intambara imaze iminsi itatu ibera muri Iran, ariko ikagira ingaruka zitaziguye ku bihugu bicuditse na America ikomeje gufata indi ntera.…

Umunsi wa 3 w’Intambara ya Iran – Umusirikare wa 4 wa America yapfuye

Ibiro bikuru by'ingabo muri America (U.S. Central Command, CENTCOM) byemeje ko umusirikare wari wakomerekeye mu bitero bya Iran yapfuye. Uyu…