Browsing category

Inkuru ndende

Ruhango: Abikorera baranengwa kudindiza imirimo yo kubaka gare

Abikorera bo mu Karere ka Ruhango  banenzwe  kudindiza imirimo yo kubaka gare aho  banga kwishyura umugabane wagenewe iyo nyubako. Ibi bivugwa na perezida wa Ruhango Vision Campany,Dr Usengumuremyi Jean Marie Vianney, aho avuga ko abikorera bagera kuri 11 ari bo bamaze kwishyura imigabane yo kubaka gare ya Ruhango. Dr Usengumuremyi avuga ko uko  kutuzuza imigabane […]

Amavubi yahamagaye 25 bazakina imikino ibiri ya gicuti

Umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi), Carlos Alós Ferrer, yahamagaye abakinnyi 25 bagomba kuzakina imikino ibiri ya gicuti n’igihugu cya Sudan. Kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Ugushyingo 2022, nibwo Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru (Ferwafa), ribicishije ku mbuga nkoranyambaga zaryo, ryatangaje ko umutoza mukuru w’Amavubi yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero. Muri […]

Premier League: Abakinnyi ba Liverpool biganje mu kipe y’umwaka

Ku wa Kane tariki 9 Kamena, mu gihugu cy’u Bwongereza hatangajwe abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino ushize wa 2021-2022. Hatangajwe ikipe nziza y’umwaka, hatangazwa umukinnyi mwiza ukiri muto, umunyezamu mwiza w’umwaka n’umutoza mwiza. Ikipe y’intoranywa, ni Alisson Beker (Liverpool), Alxéndre-Arnord (Liverpool), Van Dijk (Liverpool), Antonio Rudiger (Chelsea), Cancelo (Manchester City), Kevin De Bruyne (Manchester […]

EPISODE 30: Se wa Superstar yarafunguwe bongeye kuvugana

“Mwana wanjye Gad, uraho neza? Ese ubayeho gute mwana wanjye ko numva nguhangayikiye? Aho ntiwaba warishyize mu byago ku bwanjye” Papa wa Gad ahamagara umwana we umunsi ukeye yibaza uko abayeho n’uko byaba byifashe iyo yagiye. Superstar- “Papa amahoro abe kuri wowe! Icyingenzi ni uko wavuye muri Gereza, buriya ibindi bizabonerwa ibisubizo ariko ufite ukwishyira […]

EPISODE 29: Superstar arasabwa kwishyura ibihumbi 300 uyu munsi cyangwa Se agakatirwa gufungwa

Myasiro yitegereje Superstar ahita amubwira ati, “Ese ni ubu buryo wifuje ko ibintu binyuramo? Wafatiranye umudamu wanjye wananiwe ngo tubikemure nk’abagabo? Harya icyo ushaka ni uko dukorana nk’uko byari kumera na mbere…?” Atarasoza kuvuga Superstar yahise amuvugiramo ati, “Mu buryo bworoshye cyangwa bugoye, umwanzuro wa nyuma umugabo afata iyo nta yandi mahitamo afite, yemera kuba […]

EPISODE 28: Superstar ajyanye Myasiro mu buyobozi…, Mugenzi se arafata ikihe cyemezo?

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer Mugenzi byaranamurenze ahita aseka kuko yararebye imyitwarire ya Superstar na we yumva iramusekeje. Yarabanje araseka gusa mu kurangiza guseka asanga Superstar aracyahagaze ashize amanga nuko Mugenzi abona ko ahari amazi atakiri ya yandi. Yahise abwira Superstar ati, “Ese musore ibi byose urabikora ubundi ugamije kugera ku ki? Umuryango […]

EPISODE 27: Superstar asubira kwa Mugenzi gusaba akazi atirengagije amakimbirane bafitanye

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer   Ubwo Superstar yumvise atari kubisobanukirwa neza ahita abwira Jules ati, “None se Muvandi, bivuze ko byarangiye wahise uhereza Mugenzi izo nsimburangingo z’imodoka? Ndumva nsubiye hasi neza neza.” Jules “Hm ariko se nyakubahwa, kuki ubabaye kandi bigenze bite? Humura rwose wigira ikibazo kuko uwo mugabo nubwo yampamagaye sinazimuhaye.” […]

EPISODE 26: Superstar akomeje gushaka uko yihorera ku bagabo bamuhemukiye, ibya mbere yateguye birapfuye

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer   Superstar yahise abwira abo bana ati, “Basore banjye rero ndashaka ko munkorera ikindi kintu kitagoye. Akenshi ntabwo njya mbaha akazi gakomeye gusa kaba gasaba ubwitange kugira ngo karangire vuba kuko kaba ari ak’umumaro cyane. Izo simukadi 3 mufite buri imwe ifite numero yayo. Icyo mbasaba ni ukuyishyira […]

EPISODE 25: Liliane afashije Superstar kwakira ibyamubayeho no kugarukamo imbaraga

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer   Superstar n’agahinda kenshi yahise ataha ababaye agenda inzira yose yibaza ukuntu ab’isi ari nta munoza, abiburira ishusho. Yageze mu rugo asanga Liliane arahari gusa asa nk’uwisekesha ngo yishyiremo akanyabugabo kandi arenzeho. Liliane yitegereje Superstar, areba ukuntu ameze n’ukuntu atashye kare ahita akeka ko afite ikibazo. Yahise amuhobera […]

EPISODE 24: Imipango ya Superstar yo kubona amafaranga ijemo kirogoya …Arakora iki?

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer   “Urazindutse cyane kurusha uko nabikekaga, kubera iki? Gusa ndumva nishimye ku bwawe” uko niko Superstar yabwiye Liliane mu gitondo cya kare. Liliane- “Nawe wakerewe cyane kurusha uko nabikekaga. Kubera iki? Ndishimye ku bwawe” Superstar- “Wasanga impamvu yabiduteye ari imwe. Icyakora mu kuri, njye nangaga kuva hano ntakubonye […]