Ruhango: Abikorera baranengwa kudindiza imirimo yo kubaka gare
Abikorera bo mu Karere ka Ruhango banenzwe kudindiza imirimo yo kubaka gare aho banga kwishyura umugabane wagenewe iyo nyubako. Ibi bivugwa na perezida wa Ruhango Vision Campany,Dr Usengumuremyi Jean Marie Vianney, aho avuga ko abikorera bagera kuri 11 ari bo bamaze kwishyura imigabane yo kubaka gare ya Ruhango. Dr Usengumuremyi avuga ko uko kutuzuza imigabane […]