Inkuru Nyamukuru

Rayon Sports yabonye umusimbura wa Hakizimana Adolphe

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwatangaje ko iyi kipe yamaze kubona umunyezamu

M23 yahakanye kubuza abaturage gusarura imyaka, no kubambura imirima yabo

M23 yikomye bikomeye Radio Okapi ya ONU muri RDC mu itangazo uyu

Rubavu: Abagabo bari gushyirwa ku munigo n’abagore

Bamwe mu bagabo bo mu Kagari ka Kibilizi, Umurenge wa Rugerero mu

Ngoma: Umugabo uregwa kuniga umugore yaburaniye mu ruhame

Umugabo witwa Uwizeye Amuri wo mu karere ka Ngoma, ukekwa kwica umugore

Burundi: Bunyoni wahimbye Perezida ngo ni “Vuvuzela” yarajuriye

Ku wa 2 Mutarama 2024, Uwahoze ari igihangange mu gihugu cy'u Burundi,

Kigali: Gucira mu muhanda wahariwe siporo ni sakirirego

Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abagenda mu nzira zihariye zagenewe siporo

Ndayishimiye yijujutiye Abarundi birukira gukora mu mahanga

Mu gihe Isi ikomeje gutera imbere no kuba nk'Umudugudu, Abarundi b'ingeri zose

Itegeko ribuza kurya imbwa ryateje intugunda

Koreya y'Epfo yamaze gutora itegeko ribuza abantu bose kongera kurya imbwa aho

RDC: Urukiko rwashimangiye intsinzi ya Tshisekedi

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwemeje

Nyanza: Yagiye mu nama ahamagarwa abwirwa ko inzu ye yakongotse

Umukecuru wo mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza yagiye mu

Pamella yateye imitoma The Ben amwifuriza isabukuru

Uwicyeza Pamella wigeze kwiyamamariza kuba nyampinga w’u Rwanda akaba umugore w’icyamamare mu

Musanze: Abaturage biteguye gutamaza abayobozi badindiza imihigo

Bamwe mu batuye Akarere ka Musanze biyemeje gukebura abayobozi bako, babereka ibitagenda

Umwami Abdullah II wa Jordan yanyuzwe n’urugendo rwe mu Rwanda

Umwami Abdullah II Ibn Al-Hussein wa Jordan uri mu ruzinduko rw’akazi mu

Mu rubanza rwa “Mico” humviswe abatangabuhamya barimo uwafunzwe imyaka 27

Abatangabuhamya babiri nibo bumviswe mu rubanza Jean Paul Micomyiza alias Mico woherejwe

Muhanga: Ikirombe cyagwiriye umugabo aheramo

Twagirimana w'imyaka 35 y'amavuko yagwiriwe n'ikirombe kuva saa kumi nimwe z'umugoroba wo