INKURU ZO MU NTARA

Bibaza icyo imisanzu y’abazamu bacibwa imara mu gihe Isoko ryabo bibwa, bakanaryitumamo

Nyamasheke: Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Bushenge ryo mu murenge wa Bushenge barinubira ko batanga amafaranga y’umusanzu w’abazamu barinda isoko,…

Ibyamenyekanye ku rupfu rw’abagabo 4 bo muri Muhanga

Muhanga - Abaturage n'Ubuyobozi bari mu kiriyo nyuma y'uko abagabo bane bishwe n'umuvu wabasanze aho bacukuraga imicanga kugira ngo babone…

Abakozi babiri ba Sosiyete y’Abashinwa Building Corporation bishwe n’imashini

Nyamagabe: Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko hari impanuka y’imashini ikora umuhanda ikaba yishe abantu babiri. Ayo makuru avuga ko iyi…

Umuyobozi wavuzweho amakosa mu  bitaro by’akarere ka Nyanza yasezeye akazi

Ubuyobozi bw'Ibitaro by'akarere ka Nyanza buremeza ko uwari umukozi wabo ushinzwe abakozi (Human resources) witwa Uwamahoro Laetitia wavuzweho amakosa yo…

Musanze: Hari abagabo batiza umurindi igwingira

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Musanze bashyizwe mu majwi kubera gutiza umurindi igwingira, bitewe no kutita ku gutegurira…

Abakozi babiri ba EGECOR – CREDOR bahitanywe n’inkangu bari mu kazi

Ngororero: Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muhanda, Akarere ka Ngororero, buvuga ko hari abaturage babiri bishwe n’inkangu undi  yamukomerekeje. Mu bishwe n’inkangu…

- Advertisement -
Ad image