RDF yashyize igorora aborozi baturiye ikigo cya gisirikare cya Gabiro
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangije gahunda yo gufasha aborozi bo mu turere…
Imbamutima z’abagore bagobotswe na Progetto Rwanda
Abagore bo mu Karere ka Kicukiro barimo abakoraga uburaya, abacuruzaga agataro, n'abatari…
Barishimira ingamba zo guhangana n’ibibazo by’umutekano w’ibiribwa
Abahinzi n’ababafasha kubona ibyo bifashisha baremeza ko uburyo bwo kubahugura, kubona inyongeramusaruro…
Nyamasheke: Umuhanda udakoze wahejeje imirenge 4 mu bwigunge
Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Iburengerazuba, bahejejwe mu bwigunge…
COP29: Perezida Kagame yaganiriye na Perezida wa Kazakhstan
Perezida Paul Kagame uri mu nama yiga ku mihindagurikire y'ikirere ibera muri…
Abayobora amahuriro yo guhanga udushya bari gutyaza ubumenyi
Abayobora amahuriro yo guhanga udushya mu bigo birimo za Kaminuza, amashuri makuru…
Abafite aho bahuriye n’amasoko ya Leta muri Afurika bagiye guhurira i Kigali
Abafite aho bahuriye no gutanga Amasoko ya Leta ku mugabane wa Afurika…
Gatsibo: Imashini ifasha abahinzi bahuje ubutaka kuhira imyaka imaze igihe yarapfuye
Abahinzi bahinga imboga, ibigori n’ibindi bihingwa ku butaka bwahujwe buri ahitwa Ntete,…
I Burengerazuba : Mu myaka Irindwi imisoro yinjijwe yageze kuri Miliyari zisaga 12 Frw
Ikigo Gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyatangaje ko Intara y’Iburengerazuba, imisoro…
Abize gutubura imbuto kinyamwuga bahawe impamyabumenyi
Abahawe amahugurwa n’ ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi butangiza ibidukikije (RICA) ku…
Mu myaka itanu Abanyarwanda bose bazaba bacana amashanyarazi
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Fidèle ABIMANA, yatangaje ko u Rwanda…
Imodoka Icyenda zikonjesha zahawe abohereza imboga n’imbuto mu mahanga
Abanyarwanda bohereza mu mahanga imbuto n’imboga, bashyikirijwe imodoka icyenda zikonjesha , zitezweho…
U Rwanda rwashimiwe uko rugeza amashanyarazi ku baturage
Banki y'Isi yatangaje ko yanyuzwe n'uburyo u Rwanda rwemera gukorana n'ibindi bihugu…
Abanyafurikakazi bitezweho gukora ibitangaje muri siyansi
I Kigali mu Rwanda hari kubera inama Nyafurika yahuje Abagore baturutse mu…
Congo yafunze umupaka wa ‘Grande Barrière’ uyihuza n’u Rwanda
Saa kumi n'ebyiri n'igice zo muri iki gitondo cyo kuwa 5 Ugushyingo…
Hari Abacuruzi bakigowe no gukoresha EBM
Bamwe mu bikorera mu Rwanda, bavuga ko hari abagifite ubumenyi buke ku…
I Kigali haganiriwe uko Afurika yakwihaza ku mashanyarazi
Inzobere n'Abagize Ihuriro Nyafurika ry'abakora ingufu zibyara amashanyarazi bahuriye i Kigali mu…
U Rwanda rugiye kwakira imurikagurisha Nyafurika ry’Ingufu
Kuva ku wa Mbere tariki 4 Ugushyingo kugeza ku wa Gatatu tariki…
Abiganjemo Abogoshi barya “Avance” abakoresha bavugutiwe umuti
Ishyirahamwe ry'abakoresha mu gutunganya ubwiza n'uburanga by'abantu mu Rwanda (BMA) ryatangaje ko…
Minisitiri Sebahizi yageze i Bujumbura mu nama ya COMESA
Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda, Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi aho yitabiriye…
Abafite ibigo basabwe gushyira imbere ubuzima n’umutekano by’umukozi kuruta inyungu
Abafite ibigo bitandukanye basabwe guharanira gusigasira ubuzima n’umutekano by’umukozi kuruta gushyira inyungu…
Muhanga: Abadepite babwiwe ko hari ibishanga 10 bikeneye gutunganywa
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga n'abahinzi babwiye Abadepite mu Nteko Ishingamategeko ko hari…
Abakora ibijyanye n’ubwiza mu Rwanda basabwe gukora kinyamwuga
Abakora mu bice bitandukanye by’ubwiza haba abogosha, abakora Maake Up, imisatsi y’abagore…
U Rwanda na Samoa bagiye gushyiraho za Ambasade
U Rwanda na Samoa kuri uyu wa Gatatu, byasinyanye amasezerano ashyiraho za…
Mu myaka itatu nta Munyarwanda uzabura inyama zo kurya
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB), kivuga ko leta…
U Rwanda mu bihugu biri mu nzira yo guhashya inzara
Mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara na GHI (Global Hunger Index) cyo muri uyu…
Abanyunyuza amakoperative bavugutiwe umuti
Ni kenshi mu makoperative akora ibikorwa by'iterambere bitandukanye hagiye hakunda kumvikana ibibazo…
Ibigo birenga 300 bihatanye muri Karisimbi Service Excellence Award 2024
Sosiyete ya Karisimbi Events igiye gutanga ku nshuro ya munani ibihembo bishimira…
Ruhango: Umuntu ku giti cye yatangiye kubaka umuhanda wa Kaburimbo
Umuyobozi Mukuru w'Ishuri ry'imyuga (Lycée de Ruhango Ikirezi) Rwemayire Rekeraho Pierre Claver…
Aborozi barasaba ko hashyirwaho ‘Amaduka’ y’ubwatsi bw’amatungo
Aborozi bo mu Ntara y'Iburasirazuba barasaba ko hashyirwaho amaduka yihariye acuruza ubwatsi…