Ubukungu

Rwanda: Hafunguwe Laboratwari ya mbere muri Afurika ipima “Casque” yizewe

I Kigali mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro ‘laboratoire’ izajya ipima ubuziranenge bw’ingofero

Abahinzi bagorwaga no kubona inguzanyo boroherejwe

Bamwe mu bahinzi babikora kinyamwuga bavuga ko bagorwa no kubona inguzanyo mu

Utubyiniro, utubari, amahotel na Resitora byemerewe gukesha 

Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza

Amajyepfo: RCA yasanze amakoperative 1000 ari baringa

Ubuyobozi Bukuru bw'Ikigo Gishinzwe amakoperative mu Rwanda, buvuga ko bwakoze igenzura muri

Miliyari 138 Frw agiye gushyirwa muri  serivisi yo gutwara abagenzi

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, BAD, yemereye Guverinoma y’u Rwanda inguzanyo ya miliyoni

Kugira amakuru macye ku ikoranabuhanga biri mu bihombya abahinzi

Abahinzi basabye ko bakwigishwa uburyo bw'ikoranabuhanga buhuza umuguzi n'umucuruzi, kugira ngo batazajya

Mu 2035 Umunyarwanda azaba yinjiza asaga miliyoni 6 Frw

Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko U Rwanda rwifuza ko mu

Rubavu: Dasso yoroje abasenyewe na Sebeya

Abagize urwego rwunganira akarere mu mutekano DASSO bunganiye ubuyobozi bwA’karere ka Rubavu

Iburasirazuba: Abahinzi barakangurirwa gutinyuka gufata inguzanyo

Nyuma y'igihe abahinzi bagaragaza ko kudahabwa inguzanyo n'ibigo by'imari byatumaga ishoramari ryabo

Ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro ya Beryllium bwasubukuwe

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli, n’Umuriro (RMB) rwatangaje ko ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro

Abinjizaga mu Rwanda magendu ya Caguwa bafashwe

RUBAVU: Ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu n'ibindi byaha (ASOC)

Ibigo by’indashyikirwa mu gutanga serivisi inoze byashimiwe

Sosiyete ya Karisimbi Events yatanze ibihembo bishimira ibigo bikora imirimo itandukanye mu

Ibigo biha akazi abasekirite byasabwe kubafata neza mu kazi kabo

Ikigo Excellent Security Company Ltd. cyashyize ku isoko ry’umurimo abasekirite babige umwuga

Nyamasheke: Abahinzi basabwe kubyaza umusaruro ubutaka

Abatuye umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y'Iburengerazuba basabwe

Amajyepfo: Abikorera barashinja JADF kubaheza mu bikorwa by’iterambere

Abahagarariye Urugaga rw'abikorera mu Ntara y'Amajyepfo,  bashinja abagize Ihuriro ry'abafatanyabikorwa mu Iterambere