Urubyiruko rwasabwe kudatera inyoni amahirwe ari mu buhinzi
Ubuyobozi bw'Ihuriro ry'Urubyiruko rukora Ubuhinzi n'ubworozi, RYAF, bwasabye urubyiruko gukura amaboko mu…
Minisitiri w’Intebe yashyize ibuye ry’ifatizo ku nyubako za “Kigali Innovation City”
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10…
Rusizi: Abahinzi b’imyumbati barasaba Leta kubashakira isoko
Abahinzi b'imyumbati ivamo ubugari bavuga ko uyu mwaka bayejeje ku bwinshi ikabura…
U Rwanda rurakataje mu gushaka ibicanwa bidahumanya
Minisitiri w'Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko mu Rwanda hamaze gukorwa byinshi…
Abo mu rwego rw’ingufu biyemeje kwimakaza Ubuziranenge
Abakora mu rwego rw'ingufu biyemeje kwimakaza Ubuziranenge mu bikorwa byabo kugira ngo…
Ikoreshwa ry’ikirango cy’ubuziranenge cya ‘R-Mark’ ryahagaritswe
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ibiribwa n'lmiti (Rwanda FDA) n'Ikigo cy'lgihugu Gutsura Ubuziranenge (RSB)…
Imbamutima z’abamuritse ibyo bakora mu nama y’Ihuriro Nyafurika yiga ku Biribwa
Bamwe mu Banyarwanda bitabiriye inama y'Ihuriro Nyafurika yiga ku Biribwa y'umwaka wa…
Solidaridad yasabye Afurika gushyira imbaraga mu Ikoranabuhanga mu buhinzi
Umuryango Solidaridad wo muri Afurika y'Epfo watangaje ko wifuza ko ubuhinzi bwashyirwamo…
Abakoresha internet mu Rwanda bakomeje kwiyongera ubutitsa
Minisiteri y'Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko abagerwaho na murandasi 'Internet' mu Rwanda…
Urubuga Irembo rurakataje mu gufasha Abanyarwanda
Urubuga Irembo rumaze kuzenguruka uturere 20 mu gihugu rusobanurira abantu ibijyanye na…
Hatangijwe umushinga wa Miliyoni 100$ uzateza imbere ubworozi bw’inka zitanga umukamo
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangije umushinga wa RDDP2 wa miliyoni 100$ zizongera nyuma…
Gasabo: Imyuga abagore bigishijwe yabahinduriye ubuzima
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo,…
SanlamAllianz yatangiye gukorera ku butaka bw’u Rwanda
Nyuma y'uko Ikigo gutanga serivisi z'ubwishingizi cya Sanlam kihuje na Allianz, hatangajwe…
Abikorera bahawe umukoro wo kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu
Rubavu: Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu burasaba abikorera kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu,…
MTN Rwanda yagize icyo ivuga ku bwambuzi no gusiragiza abaturage ishinjwa
Sosiyete y’Itumanaho ya MTN , yavuze ko yatangiye gusubiza amafaranga abaturage bayishinjaga…