Ubukungu

Urubyiruko rwasabwe kudatera inyoni amahirwe ari mu buhinzi

Ubuyobozi bw'Ihuriro ry'Urubyiruko rukora Ubuhinzi n'ubworozi, RYAF, bwasabye urubyiruko gukura amaboko mu

Minisitiri w’Intebe yashyize ibuye ry’ifatizo ku nyubako za “Kigali Innovation City”

Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10

Rusizi: Abahinzi b’imyumbati barasaba Leta kubashakira isoko

Abahinzi b'imyumbati ivamo ubugari  bavuga ko uyu mwaka  bayejeje  ku bwinshi ikabura

U Rwanda rurakataje mu gushaka ibicanwa bidahumanya

Minisitiri w'Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko mu Rwanda hamaze gukorwa byinshi

Abo mu rwego rw’ingufu biyemeje kwimakaza Ubuziranenge

Abakora mu rwego rw'ingufu biyemeje kwimakaza Ubuziranenge mu bikorwa byabo kugira ngo

Ikoreshwa ry’ikirango cy’ubuziranenge cya ‘R-Mark’ ryahagaritswe

Ikigo Gishinzwe kugenzura Ibiribwa n'lmiti (Rwanda FDA) n'Ikigo cy'lgihugu Gutsura Ubuziranenge (RSB)

Imbamutima z’abamuritse ibyo bakora mu nama y’Ihuriro Nyafurika yiga ku Biribwa

Bamwe mu Banyarwanda bitabiriye inama y'Ihuriro Nyafurika yiga ku Biribwa y'umwaka wa

Solidaridad yasabye Afurika gushyira imbaraga mu Ikoranabuhanga mu buhinzi

Umuryango Solidaridad wo muri Afurika y'Epfo watangaje ko wifuza ko ubuhinzi bwashyirwamo

Abakoresha internet mu Rwanda bakomeje kwiyongera ubutitsa

Minisiteri y'Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko abagerwaho na murandasi 'Internet' mu Rwanda

Urubuga Irembo rurakataje mu gufasha Abanyarwanda

Urubuga Irembo rumaze kuzenguruka uturere 20 mu gihugu rusobanurira abantu ibijyanye na

Hatangijwe umushinga wa Miliyoni 100$ uzateza imbere ubworozi bw’inka zitanga umukamo

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangije umushinga wa RDDP2  wa miliyoni 100$ zizongera nyuma

Gasabo: Imyuga abagore bigishijwe yabahinduriye ubuzima

Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo,

SanlamAllianz yatangiye gukorera ku butaka bw’u Rwanda

Nyuma y'uko Ikigo gutanga serivisi z'ubwishingizi cya Sanlam kihuje na Allianz, hatangajwe

Abikorera bahawe umukoro wo kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu

Rubavu: Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu burasaba abikorera kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu,

MTN Rwanda yagize icyo ivuga ku bwambuzi no gusiragiza abaturage ishinjwa

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN , yavuze ko yatangiye gusubiza amafaranga abaturage bayishinjaga