Muhanga: Hari abavuga ko agakingirizo “kabishya” imibonano mpuzabitsina
Ubuhamya bwatanzwe n'Indangamirwa (abakora uburaya) mu Karere ka Muhanga, bavuga ko hari…
Ishavu n’agahinda by’urubyiruko rufite Virusi itera SIDA
Rumwe mu rubyiruko rufite Virusi itera SIDA ruvuga ko rukibangamiwe na bamwe…
Impuguke zasabye kongera imbaraga mu bushakashatsi mu rwego rw’Ubuzima
Impuguke mu by'ubuzima ziteraniye i Kigali mu nama y'iminsi ibiri, zirasaba ko…
Muhanga: Ingabo z’u Rwanda zirimo kuvura abaturage ku buntu
Itsinda ry'abasirikare b'Ingabo z'u Rwanda, RDF, ryazinduwe no kunganira Ibitaro bya Kabgayi…
Gatsibo: Bagwa mu “mushibuka” w’abafite Virusi itera SIDA bafatira imiti aho batazwi
GATSIBO: Bamwe mu batuye n'abatemberera mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka…
Rusizi: Umurenge utagiraga ‘Centre de Santé ‘ wavuye mu bwigunge
Abatuye Umurenge wa Gihundwe wo mu Karere ka Rusizi, umwe mu wari…
Indwara y’imitezi iravuza ubuhuha muri Rwimiyaga
Abaturage bo mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare baravuga ko…
Urubyiruko rwasabwe gutsembera abarushora mu biyobyabwenge
Ikigo cy'Ubuzima mu Rwanda, RBC, kigira inama urubyiruko kwirinda Ibiyobyabwenge kuko bituma…
U Rwanda rugiye kunguka inzu y’Ababyeyi izuzura itwaye Miliyari 14 Frw
Mu Bitaro bya Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, hagiye kuzura inyubako y’ababyeyi…
Abagana inzu zicumbikira abantu bahinduye imyumvire ku gakingirizo
Bamwe mubakira abantu muri hoteli n'amacumbi bagaragaza ko imyumvire igenda ihinduka ku…
RBC yatanze umuburo ku bagore batwite bakerensa kwipimisha SIDA
Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima, RBC, kiraburira abagore batwite kwipimisha inda hakiri kare, kuko…
Abashaka kwiha “Akabyizi” bagorwa n’ihenda ry’agakingirizo
Bamwe mu baturage bavuga ko ihenda ry'agakingirizo uko amasaha y'umugoroba agenda akura…
Nyanza: Urubyiruko rwabwiwe ko rwakoresha ikoranabuhanga rwaka udukingirizo
Urubyiruko rwaterwaga ipfunwe no kujya kuvuga ko bashaka udukingirizo aho baducuruza,rwahishuriwe uburyo…
Rwamagana: Hari urubyiruko rudakozwa ibyo kwipimisha SIDA
Rumwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Rwamagana ntirukozwa ibyo kwipimisha Virusi…
Si Amarozi! Menya byimbitse indwara y’imidido
Imidido ni indwara ituma umuntu abyimba amaguru by'umwihariko gu kice cy'ikirenge, iyi…
Abaha akato abafite uburwayi bwo mutwe barasabwa kubicikaho
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi basabwe kudaha akato no…
Rusizi: Urubyiruko rwasabwe kugana ibigo by’urubyiruko kuko bibarinda inda zitifuzwa
Ingimbi n'abangavu bo mu karere ka Rusizi, basabwe kwitabira ibigo by'urubyiruko bibutswa…
U Rwanda ruri gukoresha “Drones” mu kurandura Malaria
Indege zitagira Abapilote zizwi nka 'Drones' zatangiye gukoreshwa igerageze mu kurwanya Malaria…
I Kigali hemerejwe ko Malaria igomba kurangira mu 2030
Abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku kurwanya Malaria bemeranyijwe ku gufatanya mu rugamba…
Hari gutangwa inzitiramibu zirimo umuti mushya ucogoza imibu
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC gitangaza ko muri gahunda Leta y’u Rwanda yihaye…
Nyamagabe: Hatangirijwe uburyo bushya bwo guhangana na Malaria
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangije uburyo bushya bwo guhangana na Malaria haherewe…
Hagaragajwe uko siporo ari intwaro yo guhashya malaria
Abitabiriye Siporo Rusange mu Mujyi wa Kigali izwi nka 'Car Free Day'…
Abanyeshuri bose biga bacumbikirwa bahawe inzitiramibu ku buntu
Mu rwego rwo guhashya Malaria, Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatanze ku…
Karongi: Abaturage bigobotoye Malaria yari yarabafashe ku gakanu
Uko Abajyanama b’ubuzima barushaho guhabwa ubumenyi mu gusigasira ubuzima bw'abanyarwanda mu byiciro…
U Rwanda na Cuba biyemeje guteza imbere ubuvuzi bugezweho
Leta y'u Rwanda n'iya Cuba, ku wa 8 Mata 2024, basubukuye amasezerano…
Nyanza: Abangavu basabwe kutishora mu busambanyi
Abangavu baturutse mu Mirenge yose igize akarere ka Nyanza bahurijwe hamwe bigishwa…
#Kwibuka30: RBC yiteguye guhangana n’ibihungabanya ubuzima bwo mu mutwe
Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima cyatangaje ko hubatswe ibikorwaremezo, hahugurwa abaganga, abajyanama b'ubuzima n'abandi…
Ababyeyi barasabwa kudafungirana abana barwaye ‘Autisme’
Ababyeyi bafite abana barwaye indwara ya Autisme ituma umwana avukana imiterere n’imikorere…
Burera: Poste de Santé imaze imyaka itatu ari “nk’umutako”
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gatare, Umurenge wa Gatare, Akarere…
Barishimira gahunda yo gukoresha ikoranabunga mu gukingira abana
Ubusanzwe iyo umubyeyi akimara kubyara umwana ahabwa urukingo rwa mbere, agahita akorera…