Minisitiri Bizimana yasabye ubumwe mu guhashya abasabitswe n’urwango
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, yasabye abanyarwanda kuyoboka umurongo wo kubaka igihugu bakarwanya abakiragwa n’urwango. Ibi Minisitiri Dr Bizimana yabigarutseho ku ya 30 Mata 2024, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu karere ka Huye mu Murenge wa Ngoma mu Kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Ni umuhango witabiriwe […]