Uwatanze amakuru y’umucuruzi wimanye fagitire ya EBM azajya ashimirwa
Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro (RRA) cyatangaje ko kigiye kijya giha ishimwe umuguzi wahawe…
Abatanga amasoko ya Leta basabwe guhashya ruswa iyavugwamo
Abibumbiye mu rugaga rw'impuguke mu gutanga amasoko ya leta bo mu bigo…
Abamamyi 105 bahaniwe kugura umusaruro w’ibigori mu buryo butemewe
Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda, MINICOM, yatangaje ko yafatiye ibihano abagura imyaka y'abaturage nta…
Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 8.2% mu 2023
Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare, NISR, gitangaza ko umusaruro mbumbe w'Igihugu wiyongereyeho 8.2% mu…
Ikibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bugesera kiratangira gukora vuba
Imirimo yo kubaka icyiciro cya mbere cy'ikibuga Mpuzamahanga cy'Indege cya Bugesera, izarangira…
U Rwanda na Tanzania byiyemeje kwagura ubufatanye no kubana neza
Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga mu Rwanda, yatangaje ko u Rwanda na Tanzania byiyemeje…
Guverinoma yakuyeho nkunganire y’urugendo
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike…
Abacuruzi batumiza ibintu mu Bushinwa bashyizwe igorora
Asiafrica Logistics, Sosiyete isanzwe ifasha abacuruzi kurangura ibicuruzwa biturutse mu Bushinwa kandi…
Umunyarwandakazi ageze he mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ?
Abagore batari bake bemeza ko babashije gukanguka ubu bakaba bakora ibyo bamwe…
Rusizi: Imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga igeze kuri 27%
Kuva mu mwaka wa 2019 imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga cya Rusizi…
Muhanga: Hakenewe Miliyoni zisaga 800 frw zo gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi
Mu Karere ka Muhanga Bagiye gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi ngo…
Harasabwa gufata “Ubuziranenge” nk’agakiza k’ishoramari ry’u Rwanda
Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge, RSB, kirasaba abakorera mu gikari n'abandi bafite imishinga…
U Buyapani bwatanze inkunga irenga Miliyari 1 Frw yo gufasha abakeneye ibiribwa mu Rwanda
Guverinoma y’Ubuyapani yatangaje ko yahaye Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa rikorera…
Muhanga: Prof Bayisenge yakebuye abari gusenya Koperative y’Abasuderi
Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo mu Rwanda Prof Jeannette Bayisenge yagiriye Inama…
Guhabwa ibirango by’ubuziranenge byabinjirije agatubutse
Gahunda yo kugenzura no gutanga ibyemezo by’ubuziranenge bw'ibiryo n'ibinyobwa bikoreshwa muri za…
Byagenze gute ngo Koperative COAIPO isigarane 1000frw kuri Konti ?
koperative y’abahinzi b’ibirayi, COAIPO, ikorera mu Karere ka Nyabihu, kuri uri ubu isigaranye…
Nyagatare: Koperative CODERVAM yashimiwe kwesa imihigo y’iterambere
Koperative CODERVAM yo mu Murenge wa Rukomo, mu Karere ka Nyagatare, yahize…
Abagore b’Indashyikirwa mu bucuruzi no mu buyobozi bagiye gushimirwa
Abagore bo hirya no hino mu gihugu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bucuruzi…
Rusizi: Haravugwa ubujura bukabije ku bubiko bw’umuceri
Abahinga umuceri mu Karere ka Rusizi muri zone ya Kane mu Murenge…
Nyamagabe: Urubyiruko rwinjiye mu rugamba rwo kuvugurura ubuhinzi
Ntibihagije ko urubyiruko rumenya umurimo w'ubuhinzi gusa, ahubwo rugomba no kumenya gutanga…
Muhanga: Leta yatangiye kwirengera ikiguzi cy’amazi n’umuriro mu mashuri
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari icyemezo leta yafashe cyo kwishyurira…
Hatangajwe ibiciro bishya by’ibigori mu gihugu
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’abandi bafatanyabikorwa mu buhinzi,…
Uburayi bwinjiye mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro y’u Rwanda
Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta yashimangiye ko Guverinoma y’u…
Rulindo: Miliyari 1,4 Frw agiye gushorwa mu mbuto y’ibirayi
Mu Karere ka Rulindo hatangijwe umushinga wo gufasha abakora ubuhinzi bw'ibirayi kugera…
Kamonyi: Umuhanda Rugobagoba Mukunguri ugiye gutwara arenga Miliyari
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko ikorwa ry'Umuhanda w'Ibitaka Rugobagoba Mukunguri rizatwara…
Abize imyuga n’ubumenyingiro bahize kuba indashyikirwa ku murimo
Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, Abanyeshuri 445 bahawe impamyabumenyi…
Musanze: Imiryango isaga 60 yari ibayeho nabi yahawe amabati
Imiryango igera kuri 65 yo mu Mirenge ya Kinigi na Nyange yabaga…
Muhanga: Abahinzi bishimiye ko iteme rimaze umwaka ricitse ryasanwe
Abahinzi bibumbiye muri Koperative Abateraninkunga ba Sholi, bakorera mu Murenge wa Cyeza…
Gisozi: Ubuyobozi bwatangiye gusenya isoko ryubakiwe abazunguzayi
Bamwe mu bari basanzwe bakora ubuzunguzayi ariko bakaza kubakirwa isoko mu Murenge…
Inzobere ziri kwiga ku guhuza amabwiriza y’ubuziranenge muri Afurika
Iyo havuzwe amabwiriza y'ubuziranenge ni kenshi humvikana abagaragaza ko mu bihugu bya…