Ubukungu

Bamwe mu bagore bacuruzaga magendu biyemeje kubireka

Bamwe mu bagore bacuruzaga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka, bavuze uburyo  bajyaga bahohoterwa

Rulindo: Umubyeyi arasaba ubutabera ku mwana we wasambanyijwe

Uwanziga Clementine wo mu  Murenge wa Masoro, Akagari ka Nyamyumba, Umudugudu wa

Abasuderi bagiye guhabwa ibyemezo by’ubuziranenge

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe ubuziranenge,RSB kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Werurwe

Huye: Hasobanuwe igihe umuguzi asubiza ibyo yaguze mu iduka agahabwa amafaranga ye

Abafite mu nshingano kurengera uburenganzira bw'umuguzi basobanuye igihe umuguzi afite uburenganzira bwo

Kigali – Ubwongereza buzatanga miliyari 60Frw mu mushinga w’ubwubatsi i Gahanga

Ubufatanye mu byo kohereza abimukira no kurwanya icuruzwa ry’abantu, ni amasezerano ari

Biroroshye hagati y’u Rwanda n’u Burundi, i Rusizi bariga uko ‘Jeto’ yafasha abaturage kwambuka

Abayobozi b'Intara y'Iburengerazuba, iy'Amajyepfo mu Rwanda n'iya Cibitoke mu Burundi kuri uyu

Rusizi: Barinubira ikiguzi gihanitse cy’iminzani yujuje ubuziranenge

Abakora umwuga w'ubucuruzi mu Karere Rusizi baratakamba basaba ko bagabanyirizwa ikiguzi cy'iminzani

Leta igiye gushyiraho gahunda izakura mu bukene abarenga ibihumbi 400

Minisitiri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ivuga ko hari  gahunda ikomatanyije igamije gukura mu bukene

Rubavu: Mu Murenge umwe imvura yasenye inzu zigera kuri 41

Imvura irimo amahindu n'umuyaga yaguye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki

Intambamyi ku bubaka inganda i Muhanga zahawe umurongo

Ubwo Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome yasuraga ahagenewe icyanya cy'inganda,

Ibintu bitanu byihariye ku ndangarubuga y’u Rwanda (.RW) n’umusaruro wayo

Hamaze igihe Abaturarwanda bashishikarizwa gukoresha indango y'izina ry'u Rwanda kuri internet nka

Leta yemeye ko imodoka zitwara abantu muri Kigali ari nkeya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ibikorwaremezo, Eng. Uwase Patricie, yavuze ko mu

Perezida Kagame yishimira ko icyizere cy’ubuzima ku Banyarwanda kiri hejuru

Mu ijambo rifungura Inama y'Igihugu y'Umushyikirano, Perezida Paul Kagame yagarutse ku byagezweho

Musanze: Hadutse uburwayi budasanzwe mu ngurube – Dore ingamba zihutirwa ku borozi (AUDIO)

Ubuyobozi bw'Akarere ka Musanze bwategetse imwe mu Mirenge ikagize guhagarika ibikorwa byo

Umwe mu bitabiriye Miss Rwanda ageze kure umushinga wo korora ingurube

Gicumbi:  Miss Uwimana Jeannette watorewe ikamba rya Miss Innovation 2022, nk'umukobwa watanze