Amafoto: Igishanga cya Nyandungu kiregera kuba ahantu nyaburanga, vuba n’inyamaswa muzazibona
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko imirimo yo gutunganya igishanga cya Nyandungu (Nyandungu Wetland…
Ibirori byo GUSABA abageni byakomorewe no kwiyakira …Imikino y’amahirwe na yo ni uko
Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 31 Gicurasi yoroheje ingamba…
Muhanga: COVID 19 yadindije ibikorwa by’ubucuruzi abagore bakoraga barataka igihombo
Abagore bataka igihombo kubera COVID 19 ni abambikaga abageni n’abashoye amafaranga mu…
Ingaruka zo kwangiza urusobe rw’ibinyabuzima zigera kuri bose – Min. Dr. Mujawamariya
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021 mu kiganiro Minisiteri y’Ibidukikije n’Ikigo cy’Igihugu…
Ingo 300,000 zigiye kunganirwa kubona amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba
Ku bufatanye bwa Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’Isi, hatangijwe umushinga…
Nyanza: Uwarokotse Jenoside yagabiwe inka asaba aho kuyororera
Abagize Ihuriro ry'amadini n'amatorero rikorera mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka…
Muhanga:Urubyiruko rwakoraga mu birombe bitemewe, rweretswe ko ibikomoka ku mpu byinjiza amafaranga
Abasore n'inkumi bakoraga imirimo ivunanye mu birombe, bavuze ko uruhu rw'Inka rumwe…
Macron yavuze ko Ubufaransa buzaha u Rwanda miliyoni 500 z’ama-Euro mu myaka 4
*Ati “Jenoside ntisabirwa imbabazi, imbabazi ntizisabwa ku gahato,..." *Yazanye inkingo ibihumbi 100…
U Rwanda muri 2030 ruzaba ruhagaze neza mu mashyamba
Kuri uyu wa Gatatu ibihugu bitandukanye bya Afurika byahuriye mu Rwanda mu…
Rwanda & Ubufaransa: Umubano wa politiki uherekejwe n’imishinga yagutse y’iterambere
Kuri uyu wa Kane Perezida Emmanuel Macron aragera i Kigali mu ruzinduko…
Kamonyi: Abacukura nta byangombwa bangije ibidukikije ubu barasatira umuhanda wa Kaburimbo
Abacukuzi b'imicanga batagira ibyanyombwa barashinjwa kwangiza ibidukikije, ubwo bucukuzi bwabo bugiye gusenya…
Muhanga/Cyeza: Kawa bezaga yagabanutseho Toni 200 kubera gusazura ibiti bishaje
Abahinzi bo muri Koperative abateraninkunga ba Sholi, baravuga ko igikorwa cyo gusazura…
Nyaruguru: Abahinzi b’ibirayi bifuza ko ubuyobozi bubafasha kubona uruganda
Bamwe mu bahinzi b'ibirayi byitiriwe Nyaruguru basaba ubuyobozi kubafasha kubona uruganda rutunganya…
RIB yaburiye abishora mu bucuruzi bwizeza inyungu z’umurengera
Urwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatanze umuburo ku baturarwanda bajya mu bucuruzi bw’amafaranga…
Kigali: Quartier Commercial imaze Icyumweru idafite amashanyarazi atangwa na REG
*REG ivuga ko bikemuka vuba Abakorera ubucuruzi mu Mujyi wa Kigali rwagati…
Gicumbi: Umurenge wazamuye imiryango yahoze mu kaga wahawe Miliyoni 2.5Frw
Umurenge waranzwe n’udushya two kubyarana muri batisimu hagamijwe kuzamura imibereho y’abatishoboye, bavuga…
Kibeho iri mu bwigunge, COVID-19 yahagaritse isengesho ryakururaga abarenga ibihumbi 500
Mu Kiganiro n'Abanyamakuru, Umuyobozi w'agateganyo w'Akarere ka Nyaruguru, Gashema Janvier yavuze ko …
Karongi: Ikiraro cya Mashyiga cyaracitse ubuhahirane bukomwa mu nkokora
Ikiraro kinini gihuza Intara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyepfo kitwa Mashyiga kimaze igihe kinini cyaracitse…
BNR yatangaje ko urwego rw’imari rutahungabanyijwe na Covid-19
Akanama gashinzwe urwego rw'imari muri Banki Nkuru y'u Rwanda kagaragaje ko nubwo…
Ingengo y’imari y’umwaka 2021-2022 iziyongeraho 10% ugereranyije n’iheruka
Guverinoma y'u Rwanda iratangaza ko ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha wa…
Umuryango w’Uburayi watanze miliyoni 700Frw azafasha u Rwanda kuziba icyuho cyatewe na COVID-19
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa ku Isi (WFP) ryashyikirijwe inkunga y'ibihumbi 500,000£…
Imbuto Foundation yakiriye ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 53Frw byatanzwe n’Ubushinwa
Ku wa Gatanu tariki 7 Gicurasi, 2021 Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda yatanze…
COMMONWEALTH yamenyesheje ko inama ya CHOGM yari itegerejwe i Kigali isubitswe
Itangazo ryasosinyweho n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Icyongereza, (Commonwealth), Mme Patricia Scotland…
Kamonyi: Hatangijwe gahunda yo kwigisha imyuga abakobwa babyariye iwabo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi ku bufatanye na Ambasade y'Ubusuwisi barimo guhuriza hamwe…
Abavuzi b’amatungo bahuguwe gukora raporo yishyuza Umwishingizi igihe hari iryapfuye
Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ifatanyije n’Urugaga rw’abavuzi b’amatungo mu Rwanda n’ibigo…
Kompanyi y’Ubwishingizi y’Abadage yaguze imigabane mu yindi ikomeye muri EAC
Kompanyi mpuzamahanga y’Ubwishingizi y'Abadage yitwa Allianz yaguze imigabane mu yindi y’ubwishingizi ikomeye mu…
Muhanga: Mu isoko rishya ibiciro by’ubukode biteye ubwoba abacuruzi batararikoreramo
Abubatse isoko rishyashya i Muhanga bavuga ko bagiye kwimura abacururizaga mu isoko…
OPINION: Umurimo unoze ni inkingi y’ubwigenge bwuzuye bw’ibihugu by’Afurika
Iyo umuntu atunzwe n’umurimo akorana ubushake n’ubwitange bishingiye ku mbaraga z’amaboko ye…
Muhanga: Abafashamyumvire mu bworozi bagenewe inkoko 5640
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n'Ubworozi (RAB) cyahaye aborozi b'amatungo magufi…
Ruhango: Akarere gafite intego yo kongera umusaruro wa Kawa ikunze kwera mu Mirenge y’Amayaga
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko 70% by'umusaruro wa Kawa uboneka mu…