Ubukungu

NYAMASHEKE: Bafite impungenge z’ikiraro gishobora gushyira ubuzima bwabo mu kagaga

Abakoresha ikiraro cya Kamiranzovu kiri ku Ruzi rwa Kamiranzovu ahazwi nko kwa

Perezida Kagame yatangaje ko Ibigo  bimwe bya Leta bizegurirwa abikorera

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko ibigo bimwe bya

Habyarimana Béata wakuwe ku mwanya wa Minisitiri yagizwe Umuyobozi wa BK Group

Habyarimana U. Béata wabaye Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) hagati ya Werurwe 2021

Uhuru Kenyatta yavuze igikenewe ngo Africa y’Iburasirazuba ibe isoko rusange, “imihanda”

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yasabye ko ibihugu by’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba

BRD yashyize igorora abakorera make gutunga amacumbi ku giciro giciriritse

Banki Nyarwanda Itsura Amajyambere (BRD Plc) ifatayije n'Ikigo cy'u Rwanda Gishinzwe Imiturire

Perezida wa Somalia yerekeje i Arusha mu nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC

Kuri uyu wa Kane I Arusha hategerejwe inama y’Abakuru b’Ibihugu by’Umuryango wa

Leta yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za Miliyari 25 Frw

Banki Nkuru y’uRwanda(BNR), yatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 18

Nyanza: Barasaba ko hakongerwa inshuro igihe Imurikabikorwa ribera

Abafatanyabikorwa b'akarere ka Nyanza barasaba ko hakongerwa igihe Imurikabikorwa ribera aho risanzwe

Huye: Ishimwe ry’abahinzi ba kawa bungukiye mu gukorera ibiti ngo bitange umusaruro

Abahinzi ba kawa bo mu Murenge wa Maraba mu Karere ka Huye

RUSIZI: Umuceri udatoneye ikilo ni Frw 410, abahinzi bavuga ko bahojejwe amarira

Abahinzi b'umuceri mu kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bongeye kumwenyura

Mushikiwabo yasabye abikorera gushora imari mu bihugu bigize OIF

Mu biganiro ku bucuruzi, ishoramari n'ubukungu biri kubera i Kigali, abashoramari na

Ikibazo cy’amashanyarazi acika i Musanze kigiye gukemuka

Sitasiyo nshya y'amashanyarazi yatashywe mu Karere ka Nyabihu ikaba ifite ubushobozi bwa

Nyanza: Hagaragajwe imishinga migari yatumye bagera ku muhigo wa 97,7%

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza buvuga ko umwaka w'ingengo y'Imali  wa 2021-2022 ushoje

Gahunda yo kurandura ubukene bukabije, umufatanyabikorwa azashyiramo Miliyari 40Frw

Ikigo cy'igihugu gishinzwe guteza imbere ibikorwa by'iterambere mu nzego z'ibanze (LODA) cyasinyanye

Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

Kuri uyu wa Gatatu muri Angola nibwo habereye ibiganiro bihuje Perezida Paul