Ubukungu

Muhanga: Umuganura wahuriranye no kwishimira ibyagezweho

Ubwo bizihizaga Umunsi w'Umuganura, abaturage n'Inzego zitandukanye  z'Akarere zishimiye ibyagezweho mu gihe

Imurikabikorwa ku buhinzi n’ubworozi ryongeye kuba ku nshuro ya 17

Imurikabikorwa ku bikorwa by'ubuhinzi n'ubworozi ryongeye kuba ku nshuro ya 17, Umunyamabanga

Abangavu bavuye mu ishuri bafashijwe gutangira imishinga iciriritse

RWAMAGANA: Abangavu 69 bo mu Murenge wa Rubona barimo ababyaye imburagihe, batangiye

Abasura Pariki y’Akagera biyongereyeho 22%

Pariki y’Akagera yatangaje ko abayisura biyongereyeho   22% ,kandi n’ ibyinjizwa bivuye mu

U Rwanda rukomeje guca uduhigo muri Afurika

Raporo ya Country Policy and Institutional Assessment ( CPIA) ya Banki y’Isi,

Nyagatare: Hafunguwe Uruganda rutunganya amata y’Ifu

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Ngirente Edouard, yafunguye ku mugaragaro uruganda rutunganya

Kigali : Abahinzi bari guhugurwa uko bakongera umusaruro

Abahinzi bahagarariye abandi bo mu mujyi wa Kigali , muri zone ya

Amahoteli yo mu Rwanda arakangurirwa kwimakaza Ihame ry’Uburinganire

Amahoteli akorera mu Rwanda arasabwa kwimakaza Ihame ry'Uburinganire mu mirimo bagenera abakozi

Akajagari mu ma “Salons de Coifure&Spa” kagiye gushyirwaho akadomo

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, rutangaza ko hagiye gushingwa ishyirahamwe rifite ubuzima

PSD irifuza ko hatangira  ikorwa ry’umuhanda wa gari ya moshi

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, PSD, Dr Vincent Biruta, yatangaje

Ibiciro by’amata byavuguruwe

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, yashyizeho ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose aho

U Rwanda na Korea y’Epfo byasinyanye amasezerano ya miliyari 1$ 

U Rwanda na Korea y'Epfo  kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5

Muhanga: Abafite amashanyarazi bageze kuri 80.7%

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko mu myaka irindwi    abaturage bahawe amashanyarazi

Urubyiruko rw’u Rwanda rugiye koroherezwa kwigira ku mirimo

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, rushimangira ko rugiye guteza imbere gahunda yo

Hashyizweho ibihembo bidasanzwe ku bazitabira ‘Egypt & Middle East Expo’

Abategura imurikagurisha ry’ibikoresho byo mu Misiri ndetse no mu bindi bihugu byo