Ubutabera

Nyanza: Umugore wakekwagaho kwica umugabo we yararekuwe

Umugore wo mu karere ka Nyanza wakekwagaho kwica umugabo we yarafunguwe, icyaha

Nyanza: Urukiko rwagize abere Abenyerondo bakekwagaho kwica umuntu

Urukiko rw'Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza, rwagize abere uwarushinzwe umutekano

RIB icumbikiye Pasiteri warenze ku mabwiriza yo gufunga Insengero

GATSIBO: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rucumbikiye Pasiteri Nsengiyumva Francois, Umuyobozi w'Itorero ADEPR

Nyanza: Umugore  akurikiranweho kwica umugabo we

Mu karere ka Nyanza Umugore akurikiranweho kwica umugabo we bapfa amakimbirane yo

Umugabo watemye mugenzi we bapfuye umugore yishyikirije RIB

Kayitani Germain wo mu Karere ka Muhanga ushinjwa gutema mugenzi we witwa

Twagirayezu yahamijwe ibyaha bya Jenoside akatirwa igifungo cy’imyaka 20

Urukiko rw’Ubujurire i Kigali mu Rwanda rwategetse ko Wenceslas Twagirayezu afungwa imyaka

Muhanga: Umugabo yatemye mugenzi we bapfa umugore

Inzego zitandukanye zo mu Murenge wa Rongi, zivuga ko zatangiye gushakisha umugabo

RIB yatahuye abari bamaze gucucura banki Miliyoni 100 frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB),rwatangaje ko rufunze abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’Abanyamahanga, bibaga

Rwanda: Abagore bibasiwe n’icuruzwa ry’abantu

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwagaragaje ko abantu 297 bahuye n'ibikorwa byo gucuruzwa

RIB iri gukora iperereza ku munyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibidukikije

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruri gukora iperereza kuri Karera Patrick,Umunyamabanga Uhoraho muri

Nyanza: Umusaza yafatanywe utubure tw’urumogi  mu dukarito tw’itabi

Mu karere ka Nyanza umusaza yatawe muri yombi akekwaho gucuruza urumogi ruri

Ruhango: RIB yafunze abakekwa gusiga amazirantoki urugo rwa Mudugudu

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB , mu Karere ka Ruhango, rwafunze abagabo babiri bakekwa 

Ruhango: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Ntahomvukiye Innocent wo mu Mudugudu wa Cyunyu mu Kagali ka Rwoga, mu

Nyanza: Abagabo bagiye mu mitsi umwe ahasiga ubuzima

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza witwa Hakizimana Emmanuel w'imyaka 42 y'amavuko

Umugore yagiye kwiha akabyizi acumbikisha umwana baramusambanya

KAMONYI: Amakuru atangwa n'Umuyobozi bw'Umudugudu wa Kavumu Akagari ka Nyamirembe mu Murenge