Musenyeri Kabayiza yasabwe kurwanya inyigisho z’ubuyoboye
Rev. Kabayiza Louis Pasteur wimitswe nka Musenyeri mushya w’Itorero Angilikani mu Rwanda…
Umusore arakekwaho kwica umukobwa w’inkumi bapfuye amazi
Nyanza: Mu karere ka Nyanza, mu Murenge wa Muyira, inkumi n'umusore bakomatiye…
Nyanza: Umuyobozi w’ishuri yahagaritswe mu kazi azira inyerezwa ry’ibiryo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza buratangaza ko bwahannye umuyobozi wa E.S Kibirizi akekwaho…
Nyamagabe: Njyanama yatangiye kumva ibibangamiye abaturage
Abagize Inama Njyanama y'Akarere ka Nyamagabe, batangiye ibikorwa by'Icyumweru cy'Umujyanama, aho bakirijwe…
Gicumbi: Abaturage biyubakiye Akagari kuzuye gatwaye Miliyoni 15Frw
Abaturage bo mu Kagari ka Muhambo mu murenge wa Cyumba bavuga ko …
Gakenke: Hari abaganga bata izamu bakigira mu tubari
Ubuyobozi bw'Akarere ka Gakenke bwanenze bamwe mu baganga by'umwihariko abaforomo n'ababyaza, batita…
Inzego zatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore waviduraga ubwiherero ku ishuri rya Saint Peter Igihozo
Nyanza: Abantu babiri baguye mu cyobo cy'umusarani w'ishuri ubwo bariho bakora ikiraka…
Polisi yasobanuye iby’impanuka zikomeje guhitana abagenzi
Polisi y’Igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yasabye abashoferi kutirara no…
Nyamasheke: FUSO yagonze Umunyeshuri
Mu karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO,…
Muhanga: Umugabo yasanzwe mu nzu yashizemo umwuka
Abaturage bo mu Mudugudu wa Nyarucyamu ya Mbere, Akagari ka Gahogo, Umurenge…
Musambira : Bafite umuhanda wangijwe n’ibiza umaze imyaka 8 utari Nyabagendwa
Kamonyi: Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Musambira, bavuga ko bahangayikishijwe…
Nyanza: Hari gushakishwa umurambo w’umusore waguye mu rugomero
Polisi y’u Rwanda ishinzwe umutekano wo mu mazi iri gushakisha umurambo umaze…
Muhanga: Ba Gitifu babiri bakuyemo akabo karenge
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akagari ka Ngaru n'aka Musongati ho mu Murenge wa Nyarusange,…
Bugesera: Imiryango itishoboye yorojwe inka zihaka
Imiryango itandatu ikennye yo mu Murenge wa Mayange yahawe inka esheshatu zihaka…
Burera: Bararembye kubera ubushera banywereye mu bukwe
Mu karere ka Burera ,abantu 35 bajyanywe ku Kigo Nderabuzima cya Cyanika,…