Ubukungu

Rwanda: Hagiye kubakwa amakusanyirizo y’amata 400

Mu bice bitandukanye byo mu gihugu bigiye kubakwamo amakusanyirizo y’amata agera kuri

Abiga ibaruramari ry’umwuga barasabirwa guhabwa inguzanyo

Ubuyobozi bukuru bw'urugaga rw'ababaruramari b'umwuga(ICPAR), bwatangaje ko buri gukora ibishoboka byose ngo

Rwanda: Ingo zifite amashanyarazi zarenze Miliyoni ebyiri.

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu ,REG,yatangaje ko  kugeza ubu ingo zifite amashanyarazi

CAF igiye kwamamaza ‘Visit Rwanda’

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika yasinye amasezerano y’ubufatanye na Leta y’u Rwanda,

Ni ishema kwakira ibikorwa mpuzamahanga nka Trace Awards- RDB

Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere ( RDB) kirasaba buri munyarwanda guterwa ishema no guhora

Uruganda rwa Kinazi rukeneye imashini eshatu ngo rwongere umusaruro

Ubuyobozi bw'Uruganda rutunganya Imyumbati (Kinazi Cassava Plant) buvuga hakenewe imashini 3 zizatuma

Kayonza: Abasaga 2000 bahawe telefone zifite internet yihuta nk’umurabyo

Airtel Rwanda nyuma yo kuba ikigo cya mbere cy'itumanaho kimuritse internet yihuta

U Rwanda rugiye kwakira imurikagurisha  Nyafurika  ry’Ingufu

Muri Gashyantare 2024 u Rwanda ruzakira imurikagurisha Nyafurika ry’ingufu (Africa Energy Expo),

Ikirango cya ISO 9001 cyafunguriye amarembo UFACO Garments ku isoko mpuzamahanga

Mu gihe u Rwanda rwakiriye inama mpuzamahanga ya Komite Tekinike ISO/TC 176

Uruhigi ku baryi b’imbuto n’ifumbire byagenewe abahinzi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko kuva umwaka ushize abagera kuri 61

U Rwanda rwibitseho zahabu n’andi mabuye y’arenga miliyari 150$

Amb. Yamina Karitanyi, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peterole

Nyanza: Isoko rya kijyambere ryaheze he?

Imyaka itanu igiye kwihirika abaturage bo mu Karere ka Nyanza bijejwe kubakirwa

U Rwanda rugiye gutangira kubyaza ingufu za Nucléaire amashanyarazi 

Leta y'u Rwanda yinjiye mu bufatanye na Sosiyete yitwa Dual Fluid Energy

Abafite ibinyabiziga n’ababitwara basabwe gufata ingamba zo kugabanya imyuka ihumanya ikirere

Ku wa kabiri mu muyi wa Kigali ahitwa Ku Giti cy’Inyoni, Karuruma

Ibigo by’indashyikirwa mu gutanga serivisi zinoze bigiye guhembwa

Sosiyete ya Karisimbi Events igiye gutanga ibihembo bishimira ibigo bikora imirimo itandukanye