Ubutabera

Polisi yahojeje amarira umucuruzi abajura bibye miliyoni 2.5Frw

Polisi y'u Rwanda, yagaruje amafaranga y'u Rwanda Miliyoni imwe n'ibihumbi 584 muri

Ndimbati aragarutse! Urukiko rwanzuye ko ari umwere

Urukiko rw'ibanze rwa Nyarugenge rwasomye umwanzuro w'urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo Uwihoreye Jean Bosco

Miss Mutesi Aurore yabonye amadolari 8,000 yari yibwe n’umukozi we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasubije Miss Mutesi Aurore amadolari ibihumbi umunani ($8000)

Shikama watsimbaraye kwimuka “Bannyahe” yakatiwe gufungwa by’agateganyo

Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Nzeri 2022, urukiko rw'ibanze rwa

Musanze: Babiri bafatanywe amacupa 6600 y’imitobe ya Novida ya magendu

Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Musanze abantu babiri binjije mu

Iby’umugore wabwiye Perezida Kagame ko umugabo wabo yamuririye imitungo bigeze he?

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yari mu karere ka Nyamagabe yategetse

Muhizi wareze BNR kuri Perezida Kagame, urukiko rwategetse ko afungwa by’agateganyo

Ku mugoroba wo ku wa kane, urukiko rw'ibanze rwa Gacurabwenge mu  Karere

RIB yemeje ifungurwa ry’umunyamakuru Guterman

Umunyamakuru wa Radiyo na Televiziyo mu Mujyi wa Kigali Yafunguwe, nyuma y'aho

Shikama winangiye kwimuka “Bannyahe” yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Nzeri 2022,Ubushinjacyaha bwasabiye iminsi 30

Akurikiranyweho ibyaha bitatu- Umunyamakuru Guterman arafunzwe

Umunyamakuru wa Radiyo na Televiziyo mu Mujyi wa Kigali yatawe muri yombi

Bamporiki wahoze ari Minisitiri yasabiwe gufungwa imyaka 20

Ubushinjacyaha bwasabiye Bamporiki Edouard wahoze ari umunyamabanga wa leta ushinzwe umuco igihano

Dr. Rutunga “yazanye abajandarume muri ISAR bataje kwica” – Urubanza

Abunganizi mu mategeko ba Dr. Rutunga Venant bavuze ko inama yabaye yanzuye

Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza

Nyamvumba Robert, Umuvandimwe wa Gen. Patrick Nyamvumba kuri ubu ari mu buzima

Dr Kayumba yabwiwe ko urubanza rwe ruzabera i Mageragere, arabyanga

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Dr Kayumba ukurikiranyweho ibyaha birimo

Edouard Bamporiki yagize ikibazo cya ‘Avocat’ utageze ku Rukiko

Bamporiki Edouard uumaze igihe yitaba Ubushinjacyaya, uyu munsi yari kuburana ariko Avacat