Ubutabera

Urukiko Mpanabyaha rwavuze ko “Kabuga Felicien atabasha kuburana”

Urukiko Mpuzamahanga rwa UN rukorera i La Haye/Hague mu Buholande rwavuze ko

Umugabo wishe umugore we akoresheje inzitiramubu yasobanuye uko byagenze

*Nyakwigendera yari atwite inda y'amezi 5 Ruhango: Umugabo wo mu Karere ka

Umutangabuhamya udasanzwe yavuze ibyo azi mu rubanza rwa Dr. Rutunga Venant

Uherutse kugaragara ku mashusho atanga ubuhamya ubwo mu kigo cya ISAR Rubona

France: Ubuhamya bw’umugore wiciwe abantu 12 muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Amarira yari menshi ubwo umutangabuhamya mu rubanza rwa Hategekimana Phillipe uzwi nka

Nyanza: Umukobwa yasanzwe munsi y’urugo yapfuye

Umurambo w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 29 wasanzwe munsi y'urugo ahazwi nko

Fulgence Kayishema yagejejwe imbere y’Urukiko ku iyoherezwa mu Rwanda

Umunyarwanda Fulgence Kayishema ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n'ibyibasiye inyokomuntu yagejejwe

Fulgence Kayishema umaze imyaka 20 yihisha YAFASHWE

Umwe mu Banyarwanda bashakishwaga n’ubutabera kubera uruhare bakekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi,

Abasekirite 2 barindaga Depo ya Bralirwa bishwe n’abagizi ba nabi

Kayonza: Abagabo babiri bishwe n'abantu bataramenyekana, ndetse batwara mudasobwa n'amafaranga, inzego zibishinzwe

“Inzoka yiziritse ku gisabo muyimenana na cyo” – ijambo Biguma yavugiye i Nyanza

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Mirenge itandukanye

Umusore akurikiranyweho kwica Nyina 

Gicumbi: Umusore witwa Ndihokubwami akurikiranyweho gukubita umubyeyi we umuhini mu mutwe akamwica.

Rubavu: Abayobozi 2 baravugwaho gusaba amafaranga abagizweho ingaruka n’ibiza

Ku wa Kane, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, rwataye muri yombi umuyobozi wungirije w'Akagari

Urukiko rwagize umwere Muganga Maniriho wari wakatiwe imyaka 25 akajurira

*Maniriho yari akurikiranyweho gusambanya no kwica Iradukunda Emelance wari ufite imyaka 17

Biratangaje! Umwalimu aravugwa mu rupfu rw’umupolisi wiciwe i Rusizi

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangarije UMUSEKE ko rufunze abantu batatu barimo umwalimu

Ruhango: Umukozi wo mu rugo ukekwaho kwica Nyirabuja yafashwe

Inzego z'ubugenzacyaha zafashe Dusabimana Emmanuel ukekwaho kwica Nyirabuja yakoreraga mu Karere ka

Byaradutunguye kumva ko Dr. Rutunga aregwa Jenoside – Uwakoze muri ISAR Rubona

*Mu rukiko herekanwe amashusho yafashwe mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi