Afurika

Igitero cya al-Shabab cyaguyemo 26 barimo abasirikare 5

Inzego za Leta muri Somalia zatangaje ko abantu 26 bapfiriye mu gitero

Perezida Ruto yasabye ibihugu by’Akarere gukaza ingamba ku iterabwoba

Perezida wa Kenya William Samoei Ruto, yihanganishije abagizweho ingaruka n’igitero cy’iterabwoba cyabaye

Tshisekedi yatanze ubutumwa ku byihebe byishe Abakristu i Kasindi

Igitero cya bombe yatezwe ku rusengero rwa CEPAC kigahitana abantu barenga 10

Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka

Polisi yo muri Nepal ivuga ko icyizere cyo kubona abantu bazima mu

DRC: Ibyihebe byateze igisasu ku rusengero

Leta ya Congo irashinja ibyihebe bifitanye isano na Islamic State kuba inyuma

Babiri mu barwanyi ba M23 bahawe ipeti rya Brigadier General

Umutwe wa M23 watangaje ko umuyobozi wawo, Bertrand Bisimwa yazamuye mu ntera

Perezida wa M23 yahuye n’umuhuza Uhuru Kenyatta – Ibyo baganiriye

Ibiro bya Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, ndetse ubu akaba ari

Ibyo gufatanya n’abacanshuro b’Abarusiya Congo yabyamaganiye kure

Igisirikare cya Congo Kinshasa cyahakanye ibyo kuba ku rugamba hari abacanshuro b’Abarusiya

Abasirikare ba SADC bari muri Mozambique baravugwaho gutwika abantu

Perezida wa Namibia, Hage Geingob yamaganye amashusho avuga ko “ateye ubwoba” agaragaramo

Congo yapfubije umugambi w’iterabwoba i Kinshasa

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatahuye umugambi w'iterabwoba, wari kwibasira

Gen Muhoozi yongeye gukoza agati mu ntozi agaruka ku byo gufata Nairobi 

Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n'umujyana we wihariye mu by'umutekano yagarutse ku

RDC: Papa agiye guhura n’abakozweho n’intambara ya M23 na FARDC

Umushumba wa kiliziya gatorika ku Isi, Papa Francis arateganya guhura n'abakozweho n'intambara

Bafunzwe kubera gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame

Abanyamakuru batandatu bo muri Sudan y’Epfo batawe muri yombi nyuma y’amashusho y’Umukuru

Kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya n’abava i Burundi byakuweho

Guverinoma y’u Burundi yakuyeho icyemezo cyo kubanza kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya

M23 yavuye mu kigo cya gisirikare kinini yari imaze igihe igenzura

Inyeshyamba za M23 zikomeje kubahiriza imyanzuro yafatiwe mu biganiro by'i Luanda bigamije