Imikino

Sunrise FC yinjije batandatu barimo Mukoghotya

Ubuyobozi bw'ikipe ya Sunrise FC bwatangaje ko bwasinyishije abakinnyi batandatu barimo rutahizamu

Hagiye kuba isiganwa ry’amaguru ku munsi wo Kwibohora

Ishyirahamwe ry'Imikino Ngororamubiri, RAF, rifanyije n'Umujyi wa Kigali, ryateguye isiganwa ry'abatarabigize umwuga

Ntwari Fiacre wavuzwe muri Police yerekeje muri Afurika y’Epfo

Umunyezamu wa Mbere w'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umupira w'Amaguru, Amavubi, Ntwari Fiacre

Mukura yinjije myugariro, Sunrise yongerera babiri amasezerano

Mu gihe isoko ry'igura n'igurisha ryafunguwe muri shampiyona y'Icyiciro cya Mbere mu

Future Generation yatangiye neza Shampiyona y’Icyiciro cya Gatatu

Ubwo hatangiraga Shampiyona y'Icyiciro cya Gatatu mu Rwanda, ikipe yiganjemo abakiri bato

Rwamagana City yahinduriwe izina

Ikipe ya Rwamagana City na IPM Mukarange yo muri Kayonza ibarizwa mu

Volleyball: Gisagara na Police zegukanye irushanwa ryo Kwibuka

Ikipe ya Gisagara Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club

AJSPOR FC yanyagiye Abashinwa mu mukino wa gicuti – AMAFOTO

Ikipe y'umupira w'amaguru y'Ishyirahamwe ry'Abanyamakuru b'Imikino mu Rwanda, AJSPOR FC, yatsinze ibitego

Ferwafa ifite ideni ry’arenga miliyari 1 Frw

Hatangajwe ko Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, rifite amadeni y'amafaranga arenga miliyari

AJSPOR yagurishije umukinnyi muri Gorilla FC

Myugariro wo hagati waciye mu kipe y'Ishyirahamwe ry'Abanyamakuru b'Imikino mu Rwanda, AJSPOR

Chairman wa APR yemeranya n’abakemanga ubushobozi bw’abakinnyi b’Abanyarwanda

Umuyobozi mushya w'ikipe y'Ingabo z'Igihugu, Lt Colonel Karasira Richard ahamya ko abakinnyi

APR yabonye ubuyobozi bushya burimo uwahoze muri Ferwafa

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu yamaze kubona abayobozi bashya basimbura abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo

AS Kigali y’abagore na Ossoussa bakoreye Umuganda muri Kigali Pelé Stadium

Nyuma y'umwanda wagaragaye muri Kigali Pelé Stadium kubera kumara igihe idakorwamo isuku,

Nka Misa ya mbere Alphonse Munyantwali ni we utorewe kuyobora FERWAFA

Uwari umuyobozi w'ikipe ya Police FC, Munyantwali Alphonse yatorewe kuyobora Ishyirahamwe Nyarwanda

Sunrise yabonye abatoza bashya

Ubuyobozi bw'ikipe ya Sunrise FC iterwa inkunga n'Akarere ka Nyagatare, bwemeje ko