Polisi yafashe abacuruzi b’urumogi bakoreshaga amayeri ahambaye
Polisi y’ u Rwanda ikomeje ibikorwa byo gufata abantu bacuruza ibiyobyabwenge no guhiga bukware ababinywa kuko bagira uruhare mu kwangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Ku wa 2 Gicurasi, ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu Mujyi wa Kigali ryafashe abantu babiri biyemerera gucuruza ibiyobyabwenge. Ni nyuma y’amakuru ANU yahawe ko hari imodoka ifite purake ya […]