Browsing category

Inkuru Nyamukuru

Polisi yafashe abacuruzi b’urumogi bakoreshaga amayeri ahambaye

Polisi yafashe abacuruzi b’urumogi bakoreshaga amayeri ahambaye

Polisi y’ u Rwanda ikomeje ibikorwa byo gufata abantu bacuruza ibiyobyabwenge no guhiga bukware ababinywa kuko bagira uruhare mu kwangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Ku wa 2 Gicurasi, ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu Mujyi wa Kigali ryafashe abantu babiri biyemerera gucuruza ibiyobyabwenge. Ni nyuma y’amakuru ANU yahawe ko hari imodoka ifite purake ya […]

Kwagura ahabera isengesho Kwa YEZU Nyirimpuhwe umuturage arasaba miliyoni 500Frw

Kwagura ahabera isengesho Kwa YEZU Nyirimpuhwe umuturage arasaba miliyoni 500Frw

Ruhango: Rwagashayija Boniface ufite ubutaka Abihayimana bifuza kwaguriraho ahabera Isengesho, avuga ko ababushaka bagomba kumuha Miliyoni 500Frws. Mbere y’uko Rwagashayija Boniface dukorana ikiganiro yabanje kutwereka ingano y’ubutaka bwe n’ibikorwaremezo birikikije. Iri shyamba rifite hegitari 3 zirenga, mu nkengero yaryo harimo ubworozi bw’inka, inkoko, inzu zitandukanye ndetse n’ikindi gice giteyeho ubwatsi bw’inka. Rwagashayija yabwiye UMUSEKE ko […]

America yateye intambwe ikomeye mu kumvikanisha Congo n’u Rwanda

America yateye intambwe ikomeye mu kumvikanisha Congo n’u Rwanda

Muri Kamena, biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi bazasinyira amasezerano y’amahoro imbere ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump. Umujyanama mukuru wa Perezida Donald Trump ushinzwe Afurika, Massad Boulos, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ko ayo masezerano azasinyirwa muri White House, ibiro bya Perezida wa America. Yavuze ko kuri uyu wa […]

Perezida wa Guinea mu bihe byiza n’abaturage b’igihugu cye baba mu Rwanda

Perezida wa Guinea, Gen. Mamadi Doumbouya yabonanye n’abaturage b’igihugu cye baba mu Rwanda, bakaba bagaragaje ko bamwishimiye mu ruzinduko rw’akazi arimo i Kigali. Ambasade ya Guinea-Conakry mu Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa X yahoze ari Twitter, yavuze ko Général Mamadi Doumbouya, yakiranywe urugwiro n’Abanya-guinea batuye mu Rwanda, ndetse ko byari ibihe by’ibyishimo n’ishema ku muryango […]

FARDC na Wazalendo bakomeje kurasanira muri Uvira

Mu Mujyi wa Uvira haramutse imirwano hagati y’ingabo za DRC n’urubyiruko rugize ikiswe Wazalendo. Abatuye uyu mujyi bavuga ko babanje kugira impungenge ko M23 yawinjiyemo ariko baza gusanga atari yo. Hashize hafi icyumweru, abasirikare ba RDC n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo barebana ay’ingwe mu mujyi wa Uvira. Byafashe indi ntera ku wa Kane, tariki […]

Amerika irashaka kohereza abimukira mu Rwanda

Ubuyobozi bwa Perezida wa Amerika,Donald Trump  buri mu biganiro bwiga uko bwakohereza   abimukira mu bihugu by’u Rwanda na Libya nkuko CNN ibitangaza Iki kinyamakuru kivuga ko muri Mutarama ubutegetsi bwa Trump bwasinye iteka ndetse bunagirana ibiganiro n’abayobozi bo hejuru ngo bakorane n’amahanga hagamijwe kureba uko bahohereza abimukira. Bimwe mu bihugu bivugwa ko byatangiye ibiganiro ni […]

Mu Gatandara aho Interahamwe “zariye abantu” abaharokokeye bafite icyifuzo kuri Leta

Rusizi: Abarokotse Jenoside mu 1994  bifuza ko aho Interahamwe ziciraga abantu zikotsa ibice by’ibibiri yabo zikabirya hakubakwa ibimenyetso by’amateka ashaririye banyuzemo.  Mu minsi ijana yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa Kabiri tariki ya 29 Mata 2025, abatuye umurenge wa Kamembe bibutse ku nshuro ya 31, Abatutsi bishwe muri Jenoside mu 1994. Hagarutswe ku mateka […]

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa  Trinity Metals

Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Trinity Metals, Shawn McCormick n’itsinda bari kumwe. Ibiro by’Umukuru w’igihugu bivuga ko “ Baganiriye ku ishoramari n’amahirwe y’ubufatanye ari mu gihugu by’umwihariko mu rwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda.” Trinity Metals ni ikigo cyatangiye gukorera mu Rwanda mu 2022, aho icukura amabuye […]

Gen. Doumbouya uyobora Guinée ategerejwe mu Rwanda

Perezida wa Guinée, Général Mamadi Doumbouya, ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rugamije gukomeza gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi.  Itangazo ryasohowe na Perezidansi ya Guinée kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, rivuga ko Perezida Général Mamadi Doumbouya, azagera i Kigali kuri uyu wa Kane, tariki ya 1 Gicurasi 2025. Umubano w’u Rwanda na […]