Inkuru Nyamukuru

Abanyarwanda barasabwa kureka gukururana mu nkiko bakagana ubuhuza

Abanyarwanda basabwe gukemura amakimbirane hagati yabo mu mahoro ndetse bakunga umuryango biciye

RDC: Imitwe irimo M23 yakomanyirijwe ku kugura intwaro

Akanama Gashinzwe umutekano ku isi ka Loni  kafashe umwanzuro wo  kugumishaho gukomanyiriza(Embargo)

Minisitiri muto muri Guverinoma yasezeranye imbere y’Amategeko

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Yvan Butera yasezeranye imbere y’amategeko

Abantu Batanu bakomerekeye mu mpanuka  y’imodoka i Kigali

Mu Murenge wa Remera  mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali

Nyanza: Umuganga akurikiranyweho gusambanya umwana

Umuganga usanzwe ukora mu bitaro bya Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya

Cyera kabaye, Mbonyi agiye gutaramira i Bujumbura!

Nyuma y’uko ibitaramo bye byagiye bizamo kidobya mu gihugu cy'u Burundi, umuhanzi

Abahoze mu buyobozi bwa FDLR babwiye Urukiko ko bayinjijwemo ku ngufu

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyamburanya imipaka ruri i Nyanza mu

Umusirikare wa Congo yakubiswe bunyamaswa ngo ni Umunyarwanda -VIDEO

Mu gihe intambara irimbanyije hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za Congo (FARDC)

Abarundi bagaragaje akangononwa ko gusubira iwabo

Impunzi z’Abarundi zikambitse mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe,

Ni uruhe ruhande rw’umuhanda umunyamaguru agenderamo? – umva igisubizo (Video)

Muri iyi iminsi impanuka zikomeje kuba nyinshi mu muhanda, hamwe ziraterwa n'uburangare

Amavuta y’indege akomeje kuba iyanga mu Burundi

Amavuta y’indege akomeje kubura mu Burundi ku buryo byatumye ingendo zimwe zisubikwa

Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri Congo mu buryo butazwi

Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred yasabye abatuye mu mirenge ihana imbibi na Repubulika

Yafatiwe mu cyuho yiba amatara yarimbishijwe ku mihanda yo muri Kigali

Umugabo yafashwe ubwo yarimo kwiba amwe mu matara yarimbishijwe ku mikindo mu

Kigali – Visi Mayor yafotowe atabizi, igikorwa cye cyakoze benshi ku mutima

Ku cyumweru tariki 18 Ukuboza, 2022 mu masaha y’umugoroba, amaso yari ahanze

Umurundi Ntakarutimana  yatorewe kuyobora EALA

    Rt Hon Joseph Ntakarutimana,ukomoka mu Burundi yatorewe kuyobora Inteko Ishingamategeko