Umunyarwandakazi ageze he mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ?
Abagore batari bake bemeza ko babashije gukanguka ubu bakaba bakora ibyo bamwe…
Rusizi: Imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga igeze kuri 27%
Kuva mu mwaka wa 2019 imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga cya Rusizi…
Muhanga: Hakenewe Miliyoni zisaga 800 frw zo gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi
Mu Karere ka Muhanga Bagiye gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi ngo…
Harasabwa gufata “Ubuziranenge” nk’agakiza k’ishoramari ry’u Rwanda
Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge, RSB, kirasaba abakorera mu gikari n'abandi bafite imishinga…
U Buyapani bwatanze inkunga irenga Miliyari 1 Frw yo gufasha abakeneye ibiribwa mu Rwanda
Guverinoma y’Ubuyapani yatangaje ko yahaye Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa rikorera…
Muhanga: Prof Bayisenge yakebuye abari gusenya Koperative y’Abasuderi
Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo mu Rwanda Prof Jeannette Bayisenge yagiriye Inama…
Guhabwa ibirango by’ubuziranenge byabinjirije agatubutse
Gahunda yo kugenzura no gutanga ibyemezo by’ubuziranenge bw'ibiryo n'ibinyobwa bikoreshwa muri za…
Byagenze gute ngo Koperative COAIPO isigarane 1000frw kuri Konti ?
koperative y’abahinzi b’ibirayi, COAIPO, ikorera mu Karere ka Nyabihu, kuri uri ubu isigaranye…
Nyagatare: Koperative CODERVAM yashimiwe kwesa imihigo y’iterambere
Koperative CODERVAM yo mu Murenge wa Rukomo, mu Karere ka Nyagatare, yahize…
Abagore b’Indashyikirwa mu bucuruzi no mu buyobozi bagiye gushimirwa
Abagore bo hirya no hino mu gihugu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bucuruzi…
Rusizi: Haravugwa ubujura bukabije ku bubiko bw’umuceri
Abahinga umuceri mu Karere ka Rusizi muri zone ya Kane mu Murenge…
Nyamagabe: Urubyiruko rwinjiye mu rugamba rwo kuvugurura ubuhinzi
Ntibihagije ko urubyiruko rumenya umurimo w'ubuhinzi gusa, ahubwo rugomba no kumenya gutanga…
Muhanga: Leta yatangiye kwirengera ikiguzi cy’amazi n’umuriro mu mashuri
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari icyemezo leta yafashe cyo kwishyurira…
Hatangajwe ibiciro bishya by’ibigori mu gihugu
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’abandi bafatanyabikorwa mu buhinzi,…
Uburayi bwinjiye mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro y’u Rwanda
Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta yashimangiye ko Guverinoma y’u…