Ubukungu

Umunyarwandakazi ageze he mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ?

Abagore batari bake bemeza ko babashije gukanguka ubu bakaba bakora ibyo bamwe

Rusizi: Imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga igeze kuri 27%

Kuva mu mwaka wa 2019 imirimo yo kubaka icyambu mpuzamahanga cya Rusizi

Muhanga: Hakenewe Miliyoni zisaga 800 frw zo gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi

Mu Karere ka Muhanga Bagiye gukura isayo mu Cyuzi cya Rugeramigozi ngo

Harasabwa gufata “Ubuziranenge” nk’agakiza k’ishoramari ry’u Rwanda

Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge, RSB, kirasaba abakorera mu gikari n'abandi bafite imishinga

U Buyapani bwatanze inkunga irenga Miliyari 1 Frw yo gufasha abakeneye ibiribwa mu Rwanda

Guverinoma y’Ubuyapani yatangaje ko yahaye Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa rikorera

Muhanga: Prof Bayisenge yakebuye abari gusenya Koperative y’Abasuderi

Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo mu Rwanda Prof Jeannette Bayisenge yagiriye Inama

Guhabwa ibirango by’ubuziranenge byabinjirije agatubutse

Gahunda yo kugenzura no gutanga ibyemezo by’ubuziranenge bw'ibiryo n'ibinyobwa bikoreshwa muri za

Byagenze gute ngo Koperative  COAIPO isigarane 1000frw kuri Konti ?

koperative  y’abahinzi b’ibirayi, COAIPO, ikorera mu Karere ka Nyabihu, kuri uri ubu isigaranye

Nyagatare: Koperative CODERVAM yashimiwe kwesa imihigo y’iterambere

Koperative CODERVAM yo mu Murenge wa Rukomo, mu Karere ka Nyagatare, yahize

Abagore b’Indashyikirwa mu bucuruzi  no mu buyobozi bagiye gushimirwa

Abagore bo hirya no hino mu gihugu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bucuruzi

Rusizi: Haravugwa ubujura bukabije  ku bubiko bw’umuceri

Abahinga umuceri mu Karere ka Rusizi muri zone ya Kane mu Murenge

Nyamagabe: Urubyiruko rwinjiye mu rugamba rwo kuvugurura ubuhinzi

Ntibihagije ko urubyiruko rumenya umurimo w'ubuhinzi gusa, ahubwo rugomba no kumenya gutanga

Muhanga: Leta yatangiye kwirengera ikiguzi cy’amazi n’umuriro mu mashuri

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari icyemezo leta yafashe cyo kwishyurira

Hatangajwe ibiciro bishya by’ibigori mu gihugu

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’abandi bafatanyabikorwa mu buhinzi,

Uburayi bwinjiye mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro y’u Rwanda

Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta yashimangiye ko Guverinoma y’u