TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

Qatar Airways igiye gusubukura ingendo za Kigali – Doha

Qatar Airways yatangaje ko igiye gusubukura  ingendo zayo yakoreraga i Kigali nyuma y’ibibazo by’umutekano mucye byari mu Burasirazuba bwo hagati.…

Abanyerondo bari kuryozwa ibyo bakoreye umuzunguzayi

Umujyi wa Kigali wavuze ko utazihanganira abantu bose bakora ibitemewe, kandi ko ikibazo cy’abanyerondo bagaragaye bakubita umuturage ukora ubucuruzi bw’ubuzunguzayi…

RIB ifunze Yampano “ubanye n’umugore we ku miguruko”

Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwahamije ko Uworizagwira Florien, wamamaye nka Yampano, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye. Umuvugizi wa RIB,…

Nta murwayi wa Ebola uragaragara mu Rwanda – MINISANTE

Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kugeza ubu mu Rwanda nta murwayi w’icyorezo cya Ebola uragaragara mu Rwanda ndetse ko iri gukurikiranira…

U Rwanda rwafunze umupaka uruhuza na Congo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwabwiye UMUSEKE ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uciye mu Karere…

Umukirisitu wagize amacakubiri ntakabyegeke kuri shitani- Meya wa Nyamagabe

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand , yasabye amatorero gukomeza kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, yigisha inyigisho zibumbatiye ubumwe bw’Abanyarwanda, abasaba…

Amatorero yasabwe kwigisha ivugabutumwa rizira amacakubiri

Umuyobozi Nshingwabikorwa Wungirije w’Akarere ka Kicukiro, Monique Huss, yasabye amadini n’amatorero kujya atanga inyigisho n’ivugabutumwa rizira urwango, ryimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda.…

Inkongi y’umuriro yadutse mu nzu ifungiranyemo abana

Huye – Haravugwa inkuru y’inkongi y’umuriro yabaye abana batatu bavukana bari mu nzu bonyine, amakuru avuga ko umwana umwe yaje…

Impaka zishyushye hagati y’Ubushinjacyaha n’abunganira DJ Toxxyk

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabiye  gukatira Shema Arnaud de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk igifungo cy’imyaka itanu no kumuca ihazabu ya…

Hategerejwe icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Bishop Harerimana  n’umugore we

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rurasoma umwanzuro w'urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Bishop Harerimana Jean Bosco wayoboraga Zeraphat Holy Church n’umugore we Mukansengimana…