TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Abakozi babiri ba RMB bahamwe no kwakira indonke bitaga ‘agahene ka Noheli’

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye igifungo cy’imyaka ibiri n’igice ndetse no gutanga ihazabu ku bakozi babiri b’Urwego rw'Igihugu rushinzwe Mine,…

Ibiganiro by’ibanga hagati ya Tshisekedi n’umuhungu wa Habyarimana biteje inkeke!

Guverinoma y’u Rwanda, yagaragaje ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje umugambi wayo wo gushaka gutera u Rwanda…

Icyifuzo cy’Impunzi z’Abanye-Congo kuri Tshisekedi bashinja ubuhemu

Muri Mutarama 2019, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabonye umutegetsi mushya wari witezweho ibitangaza byo guhindura iki gihugu, kikava mu…

Perezida w’u Burundi yashimiye Tshisekedi watsinze amatora

Perezida w’u Burundi,Evaliste Ndayishimiye, yashimiye Antoine Felix Tshisekedi ku nstinzi y’amatora  y’umukuru w’Igihugu muri RD Congo. Ku gicamunsi cyo kuri…

RDC: Tshisekedi yatsinze amatora

Perezida Felix Tshisekedi yatsinze amatora yari ahaganyemo n’abandi bakandida, atsindira kuyobora indi manda. Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDCongo, yatangaje…

RDC:  Amatora ataravuzweho rumwe agiye gutangazwa

Harabura amasaha macye muri RD Congo ngo hamenyekane uyobora igihugu. Aya matora  yatangiye ku wa 20 Ukuboza 2023, guhera saa…

Bahinga kijyambere babikomoye ku bworozi bw’ingurube

Gicumbi: Abaturage bibumbiye mu itsinda rya Twisungane rikorera ubuhinzi mu Murenge wa Kageyo, bavuga ko bashishikajwe cyane no kuva mu…

Uwiyita umuhanuzi arafunze

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nibishaka Théogène wo mu Itorero rya ADEPR, rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza…

RED TABARA yikomye Perezida Ndayishimiye wayishinje kwica abasivile

Umutwe wa RED TABARA urwanya leta y’u Burundi,wikomye Perezida Ndayishimiye Evaliste,wayishinje kwica abaturage , mu gitero cyo mu Gatumba, wo…

Kayonza: Umugore arasaba ubutabera ku mugabo we wakubiswe ingumi agapfa

Tuyishimire Christine wo mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza arasaba ko yahabwa ubutabera bw’umugabo we witwa Mugabe Gilbert w’imyaka…