TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

DC Clement mu rukiko – “naganjwe n’umujinya”

Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement yaburanye ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, asaba urukiko kumurekura aho yavuze ko yaganjwe n'umujinya. Niyigaba Clement…

RURA yahannye Canalbox kubera ibibazo bya  Internet

Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwatangaje  ko rwafatiye ibihano GVA Rwanda Ltd (Canalbox) nyuma y’iminsi ishize havuzwe ibibazo bya Internet . Iki…

Abagabo 2 bafatanywe ‘amabule’  y’urumogi arenga 200

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abagabo babiri bacuruza ikiyobyabwenge cy’urumogi, aho bafatanywe urumogi rw’udupfunyika 237. Abafashwe ni…

Uwashatse kwivugana Donald Trump agiye kuburanishwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahungishijwe igitaraganya mu birori byo gusangira n’abanyamakuru batara amakuru mu Biro…

Ruhango- Barasaba ko Abarundi bakoze Jenoside babiryozwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari komine ya Ntongwe, ubu ni mu Mirenge ya Kinazi na Ntongwe, mu karere…

Kigali – Mu biha ubwihisho imibu itera Malaria harimo amazi areka mu ngo

Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Urujeni Martine yasabye abaturage kurangwa n’isuku mu ngo zabo, barwanya ibintu…

Imiti mishya irimo kwifashishwa mu kuvura Malaria

Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko cyatangiye kuvura Malaria hakoreshejwe imiti mishya irimo nka Dihydroartemisinin-piperaquine: DHAP’ na Pyronardine-Artesunate:…

Ndayishimiye yirukanye uwari ushinzwe ububiko bw’ibikoresho bya Gisirikare 

Perezida w’Uburundi Ndayishimiye Evariste, yakoze impinduka mu gisirikare, asimbuza umusirikare ushinzwe ibikoresho bya gisirikare ku rwego rw’igihugu. Ndayishimiye yashyize kuri…

Abanyarwanda barenga Miliyoni bamaze guhabwa inzitiramubu

Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko kugeza ubu Abanyarwanda miliyoni imwe n’ibihumbi ijana ( 1.100.000) bamaze guhabwa inzitiramubu…

Nta muntu ukirembera mu rugo, ingamba zarafashwe kuri Malaria

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, igihugu cyatangiye kwiyubaka mu nzego zose harimo n’iz’ubuzima, kuri ubu indwara ya Malaria yakomeje kurembya…