Kapiteni wa Liverpool yongereye amasezerano
Myugariro wo hagati wa Liverpool unayibereye kapiteni, Virgil van Dijk, yongereye amasezerano…
FERWAFA yanzuye ko Mukura na Rayon Sports zizasubiramo umukino
Nyuma yo gusesengura impamvu yatumye umukino ubanza wa 1/2 w’Igikombe cy’Amahoro wahuzaga…
Vassell itozwa na Minnaert yegukanye igikombe cya shampiyona
N’ubwo hakibura imikino ibiri ngo shampiyona ishyirweho akadomo muri Libérie, ikipe ya…
FERWAFA yatangije umushinga wa ‘SAFEGUARDING’
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, biciye mu bufatanye n’Umuryango ‘PLAY International…
Perezida Paul Kagame yongeye gucyeza Arsenal
Nyuma yo gusezerera Real Madrid muri 1/4 cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya…
Mukura VS yigaramye icyatumye amatara azima
Nyuma y’uko umukino ubanza wa 1/2 w’Igikombe cy’Amahoro wahuzaga Mukura VS na…
PSG na Visit Rwanda byongereye amasezerano bifitanye
Ikipe ya Paris Saint-Germain na Visit Rwanda, byongereye amasezerano y’ubufatanye bisanzwe bifitanye…
Mukura VS ishobora guterwa mpaga
Nyuma y’uko hahagaritswe umukino ubanza wa 1/2 w’Igikombe cy’Amahoro wayihuje na Rayon…
Ese abayobozi ba Rayon Sports bo ni abere?
N’ubwo hakomeje gushakwa ibisubizo byo kwisubiza umwanya wa mbere yatakaje ndetse abatoza…
FERWAFA yatangije umwiherero w’Abangavu barenga 50
Mu rwego rwo gukomeza gushyigikira abana b’abakobwa bakina umupira w’amaguru, biciye muri…
Prime yariwe n’umutoza! Ishyamba si ryeru muri Rayon Sports
Nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere ku mukino w’umunsi wa 23 wa…
Rayon Sports yahagaritse abatoza hitabazwa abatoza Abagore
Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwahagaritse Roberto Oliviera ‘Robertinho’ usanzwe ari umutoza mukuru…
Etincelles FC yirukanye uwari umutoza w’abanyezamu
Ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC iterwa inkunga n’Akarere ka Rubavu, bwirukanye uwari…
Police FC yasuye Urwibutso rwa Gisozi – AMAFOTO
Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu muhango wo Kwibuka…
Kwibuka31: FERWABA yatangaje amakipe azitabira GMT 2025
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA), ryatangaje ko irushanwa mpuzamahanga ryo…
Kwibuka31: Uko Bucumu yaciye mu menyo y’Interahamwe
Umugwaneza Claudette ‘Bucumu’ Ushinzwe ubujyanama mu bya Tekinike mu Ishyirahamwe ry’Umukino wa…
Inzira y’amahwa ya ruhago y’Abagore mu Rwanda nyuma ya Jenoside
Hasobanuwe urugendo rwarimo ibigeragezo byinshi, umupira w’amaguru w’Abagore mu Rwanda waciyemo kugeza…
Jenoside yakorewe Abatutsi yahekuye Kiyovu Sports
Nk’abandi Banyarwanda bose, ikipe ya Kiyovu Sports, yakomwe mu nkokora na Jenoside…
Uko Kiyovu na Rayon zagaruriye icyizere Abanyarwanda nyuma ya Jenoside
Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, umukino wahuje ikipe ya…
Umubyeyi w’abarimo Mubumbyi Bernabé yitabye Imana
Uwabera Claire wareze abana barimo umukinnyi wigeze gukinira ikipe y’Igihugu, Amavubi, Mubumbyi…
BAL yifatanyije n’u Rwanda Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Irushanwa rya Basketbal Africa League ryifatanyije n'u Rwanda n'inshuti zarwo mu bihe…
Tennis yatumye Umulisa yomoka ibikomere yatewe na Jenoside
Nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Umulisa Joselyne yahisemo…
Kwibuka31: Munyakazi Sadate yibukije Abanyarwanda umukoro bafite muri ibi bihe
Uwigeze kuyobora Rayon Sports akaba na Rwiyemezamirimo, Munyakazi Sadate, yibukije Abanyarwanda ko…
Nigeria: APR WVC yibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Ikipe ya APR WVC iri Abuja muri Nigeria mu Irushanwa Nyafurika rihuza…
Kwibuka31: Murangwa yashyizeho imfashanyigisho y’abatoza mu kwigisha amateka ya Jenoside
Murangwa Eric Eugène w’umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda ndetse akaba umwe mu…
Ibihumbi 500 byatumye Sugira atandukana na Kiyovu Sports
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana na rutahizamu,…
Rurageretse hagati ya Sadate na Thadée uyobora Rayon Sports
Intambara y’amagambo ikomeje gufata indi ntera hagati ya Munyakazi Sadate wayoboye Rayon…
Abakinnyi bakomeje guhisha imvune mu Amavubi
Bamwe mu bakinnyi bamaze iminsi bahamagarwa mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, biharaje ingeso…
Vision FC yungutse umufatanyabikorwa mushya – AMAFOTO
N’ubwo umwaka wa yo wa mbere mu Cyiciro cya mbere utari kuyigendekera…
Impamvu abafatanyabikorwa bashya baje gukorana na AS Kigali WFC
Mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa by’Abari n’Abategarugori, Uruganda rwa ‘B ONE GIN’…