TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Uko Ubufaransa bwari buzi umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi

Hagaragajwe ibihamya simusiga ko Ubufaransa bwari buzi umugambi wa Jenoside Tariki ya 9 Mata 1994, ubwo Leta yakomezaga umugambi wayo…

Abarenga 5700 bazamuwe mu ntera muri Polisi y’u Rwanda

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 5746, barimo batanu bakuwe ku ipeti rya ACP bahabwa irya CP, mu…

‘Never Again’ ntikwiye kuba imvugo gusa– Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko imvugo ya ‘Never Again’ ivuga ko Jenoside itazongera kubaho ukundi idakwiye kuba isanzwe ahubwo ikwiye gufatwa…

I Gicumbi barifuza ko umujyi wabo wunganira uwa Kigali

Bamwe mu baturage b’i Gicumbi by’umwihariko abikorera, barifuza ko umujyi wabo wagirwa uwunganira uwa Kigali. Umujyi wa Gicumbi ni umwe…

Ubuhamya bw’abo muri EEAR bahinduriwe ubuzima

Bamwe mu bagize Itorero ry’Ivugabutumwa ry’Inshuti mu Rwanda, EEAR bavuga ko bashima Imana n’igihugu cyatumye bongera kugira umunezerezo, kubera ibikorwa…

Isuku yo mu kanwa ni ngombwa ku bana bato – Minisitiri Irere

Tekereza kubyara umwana agashirira amenyo, amenyo ye agacukuka, birahenda kwa muganga, ariko uburibwe ni ikibazo ku muntu wese, aho niho …

Umugabo uregwa kwica umugore n’umwana yahawe igihano

Ngoma: Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwahamije Karamage Jean Claude icyaha cyo kwica umugore we n'umwana, rumukatira igifungo cya burundu. Uru…

Guverinoma yavugutiye umuti imikorere mibi ya Poste de Santé

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda yakemuye ikibazo cy’imikorere mibi y’amavuriro y’ibanze (Poste de Santé). Ibi…

Minisitiri Ingabire yagaragaje amahirwe ahishwe i Gicumbi asaba ko abyazwa umusaruro

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, akaba n’imboni y’Akarere ka Gicumbi, Ingabire Paula, yasabye abashoramari batandukanye gushora imari muri aka karere, bakabyaza…

Amahoteri agezweho, imihanda ya kaburimbo, Gicumbi irifuzwa mu isura nshya  

Akarere ka Gicumbi , ni kamwe mu turere turi kwaguka cyane ndetse kakaba ari kamwe mu dufite ahantu hatandukanye h’ubukerarugendo.…