TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

Gicumbi: Biyemeje gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda

Abatuye Umurenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, bavuga ko biyemeje gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda no kurwanya ikintu cyose cyazana amacakubiri…

U Rwanda rwasubije America irusaba kuvana ingabo muri Congo

Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko iri kubahiriza ibikubiye mu masezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington ariko yibutsa Leta Zunze Ubumwe za…

Guverinoma yasobanuye icyatumye igiciro cya Mazutu cyiyongera

Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko leta izakomeza gukora ibishoboka byose ngo ibiciro by’ibikomoka…

Kigali- Polisi yazimije inkongi yari yibasiye TIC TAC Hotel

TIC TAC Hotel iherereye mu agari ka Kamatamu mu Murenge wa Kacyiru, mu Mujyi wa Kigali, mu Gitondo cyo kuri…

Umugore yakubise ikofi umugabo we amukura iryinyo

Ruhango: Nteziyaremye Ildephonse w’imyaka 60 arashinja umugore we kumukubita ikofi akamukura iryinyo. Ni mu gihe umugore we avuga ko yabitewe…

Twifuza ko Amerika iba umuhuza utabogamye – Amb Nduhungirehe

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yavuze ko u Rwanda rushima Amerika ku ruhare rwayo mu gushaka  ko akarere…

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo – AMAFOTO

Abanyeshuri batanu b'Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3…

RDB yahagaritse serivise za Hoteli 4 zitujuje ibisabwa

Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo  zimwe muri hoteli zo mu gihugu kubera kutuzuza ibisabwa mu…

Minisitiri wagenwe na Museveni inteko yamwanze ngo ni Umunyarwanda

Inteko ishingamategeko ya Uganda ku yanze kwemeza  Dr Lawrence Muganga nk’umwe mu bantu baherutse gushyirwa muri guverinoma na Perezida Yoweri…

Umujyi wa Kigali wabonye igisubizo cy’inkongi zibasira Agakiriro ka Gisozi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’inkongi  zikunze kwibasira Agakiriro ka Gisozi, bwafashe icyemezo cyo kwimura…