Kigali: Abana bahuguwe ku mikoreshereze myiza ya ‘Social media’
Ndasheja Ruton Sonia, umubyeyi w’abana batatu, hamwe na bagenzi be, batangije ubukangurambaga bwo guhugura abakiri bato ku ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga mu buryo buboneye, hagamijwe kubarinda kuba imbata zazo no gukumira izindi ngaruka mbi. Ni nyuma yo gusanga hari abana, barimo n’abo mu Rwanda, bahura n’ingaruka mbi zituruka ku mikoreshereze mibi y’imbuga nkoranyambaga. Ni mu gihe […]