U Rwanda na Ghana byasinye amasezerano mu bijyanye n’amabwiriza y’imiti n’inkingo
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw'ibiribwa n'imiti mu Rwanda n'icyo muri Ghana muri…
Buri mwaka isi ihangana n’ibyorezo birenga 200 -Dr Ménelas
Dr Nkeshimana Ménelas avuga ko buri mwaka isi ihangana n'ibyorezo birenga 200…
Huye: Hasobanuwe impamvu kwishora mu biyobyabwenge byangiza ubuzima
Ubwo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Kamena 2022, mu Karere…
KINA RWANDA TOUR, gahunda igamije gutoza abana kwiga binyuze mu mikino YATANGIYE
Kina Rwanda yatangije gahunda y’imikino izakomereza hirya no hino mu Rwanda, ku…
Karongi: Abangavu babyariye iwabo basubijwe mu mashuri ubu bigana n’abana babo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Karongi n'abafatanyabikorwa babwo basubije mu mashuri abangavu babyariye iwabo. …
Rwanda: Hasobanuwe impamvu abagabo biyahura ari benshi
Mu bihe bitandukanye hagiye humvikana inkuru z’abantu biyahura,kandi umubare wabo ugakomeza kwiyongera…
Impuguke zagaragaje ko kwizera ubuhanuzi bigira ingaruka mbi ku bana bafite ubumuga
Ku bufatanye na UNICEF n’indi miryango ifite aho ihurira n’umwana, Kaminuza y’u…
Rusizi: Ingo mbonezamikurire zibafasha gukora imirimo mu buhinzi bisanzuye
Bamwe mu babyeyi bo mu cyiciro cya 1 n'icya 2 by'ubudehe, bavuga…
Nyamagabe: Ingo mbonezamikurire zafashije mu guhangana n’igwingira ry’abana
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe bwagaragaje ko ikibazo cy'igwingira mu bana cyavuye kuri…
Minisiteri y’Ubuzima ihangayikishijwe n’indwara y’amaso ifata abakiri bato
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ihangayikishijwe n’abakiri bato bahura n’ibibazo byo kurwara amaso,…
Abagisakaje Asbestos barasabwa guhindura aya mabati atera indwara zidakira
Abaturage bo mu Ntara y'Iburengerazuba bagisakaje amabati y'asibesitosi (Asbestos) barasabwa kuyasimbuza kuko…
U Rwanda rwerekanye ko kurandura indwara za Hépatite B na C bishoboka
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyagaragaje intego u Rwanda rwihaye mu kurandura…
COVID-19: Igisubizo cya MINISANTE ku gukuraho agapfukamunwa n’urugendo rugana intsinzi
Imyaka isaga ibiri irashize icyorezo cya Coronavirus kigeze mu Rwanda.Ni ibihe ibigoye…
Gupima umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi ntibigikenewe- MINISANTE
Igikorwa cyo gupimira umuriro ahahurira abantu benshi cyari kimaze igihe kiri mu…
Gasabo: Umubyeyi aratabariza umwana we umaranye uburwayi imyaka 6
Ihorinyibuka Anastasie utuye mu Murenge wa Kinyinya, Akagari ka Kagugu, Umudugudu wa…