Nyagatare: Bemeza ko Croix Rouge y’u Rwanda yabahinduriye imibereho
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bagejejweho inkunga na Croix…
Ruhango: Abagororewe Iwawa barakataje mu iterambere
Urubyiruko rwagororewe Iwawa mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko bahakuye ubumenyi butuma…
Bugesera: Abaturage bagaragaje ibibazo byo kuvugutira umuti
Mu Karere ka Bugesera hatangijwe Icyumweru cy’Ubujyanama ku nsanganyamatsiko igira iti "Umuturage,…
Inzu 200 zigiye kubakirwa abasenyewe n’ibiza i Musanze
Imiryango 200 ituye mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu, yasenyewe n'ibiza…
Muhanga: Abahoze mu buzunguzayi bari kubakirwa inzu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bugiye gutuza abaturage bahoze mu bikorwa by’ubuzunguzayi batagiraga…
Abanye-Congo basubiye i Bukavu bishimiye uko u Rwanda rwabitayeho
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17/02/2025, nibwo impunzi…
Ikiguzi cyo gushyingura kiratumbagira uko bwije n’uko bukeye
Abaturage bo mu Ntara y'Amajyepfo bavuga ko babangamiwe no kuba badafite ahabegereye…
Abagizi ba nabi baravugwaho kwica umugabo wakoze mu nzego z’umutekano
Muhanga: Rukwirangoga Tharcisse w'Imyaka 50 y'amavuko birakekwa ko yatewe icyuma bikamuviramo urupfu,…
Rulindo: Habereye impanuka ikomeye y’imodoka
Imodoka ya sosiyete ya International itwara abagenzi yakoze impanuka mu murenge wa…
Abagana Ibitaro bya Ruhengeri baremwe agatima
Abarwayi n’abarwaza mu Bitaro bya Ruhengeri bari bamaze igihe binubira serivisi zitanoze,…
Umugabo arakekwaho kwica umugore yari yarinjiye
Umugabo wo mu karere ka Nyanza, arakekwaho kwica umugore yari yarinjiye akamusiga…
Ruhango: Inzego z’umutekano zafashe abantu 6
Ruhango: Polisi y'u Rwanda ikorera Karere ka Ruhango yataye muri yombi abasore…
Amajyaruguru: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi barasabwa kutadamarara
Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Ntara y'Amajyaruguru, by'umwihariko abo mu ngaga zishamikiye…
Barasaba amashanyarazi mu biro by’umudugudu n’ivuriro biyubakiye
GICUMBI: Abaturage bo mu mudugudu wa Rugandu, Akagari ka Nyarutarama, mu murenge…
Muhanga: Umusore yagwiriwe n’ikirombe arapfa
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga buvuga ko umusore w'imyaka…