Muhanga: Abaganga baremye agatima umubyeyi umaze imyaka 10 mu Bitaro
Abaganga bo mu Kigo cy'Abanyamerika gitanga serivisi z'Ubuzima(Bright Future Superior unique manufacturer…
Bugesera: Akanyamuneza ni kose nyuma yo guhabwa amazi meza
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera, mu Murenge wa Nyarugenge, bari mu…
Kamonyi: Ku munsi w’Intwari batashye inzu mberabyombi
Ku munsi w'Intwari abaturage bo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa…
Gisagara: Hagiye kubakwa urugomero ruzakuba kabiri umusaruro w’ubuhinzi
Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara butangaza ko umushinga wo kubaka urugomero rufata amazi…
Muhanga: Umubyeyi wabyaye impanga z’abana batatu agiye gufashwa
Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, wemeye guha ubufasha Umubyeyi wabyaye…
Rubavu: Bababazwa no gukora urugendo rurerure bajya kwivuza imidido
Abarwayi b'imidido bo mu Karere ka Rubavu batangaza ko bababazwa no kuba…
Amajyepfo: Abantu 13 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabo
Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yakoze umukwabu ku bakekwaho ubujura, ifata…
Nyanza: Abagizi ba nabi bateye uwishyuza umutekano
Umugabo usanzwe wishyuza amafaranga y’abakora irondo ry'umwuga basanzwe banacunga umutekano, yatewe n’abagizi…
Inzu y’umuturage i Rubavu yatobowe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
Igisasu cyavuye muri Congo kuri iki cyumweru cyaruhukiye ku nzu y'umuturage i…
SACCO zasabwe kwirinda kwaka ‘bitugukwaha’ abasaba inguzanyo
Abakozi b'Imirenge SACCO mu Ntara y'Amajyaruguru bakanguriwe gutanga serivisi nziza ku banyamuryango,…
Rusizi: Abanyeshuri babiri barakekwaho kugerageza kuroga bagenzi babo
Abanyeshuri biga muri GS Mutongo mu kagari ka Tara, Umurenge wa Mururu,…
Byangabo: Bemerewe Gare amaso ahera mu kirere
Mu Karere ka Musanze, abatuye n'abakorera muri Santere y'ubucuruzi ya Byangabo, imyaka…
Huye: Abana barara ku muhanda baratabaza
Abana barara muri za rigore mu mujyi wa Huye ndetse no kumabaraza…
MINALOC yatanze icyizere ku ikorwa ry’umuhanda Rugobagoba-Mugina
Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi yijeje abatuye b'Akarere ka Kamonyi ko…
Kamonyi: Umuturage uvuga ko yasenyewe na Visi Meya wa Karongi agiye kubakirwa
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi , yasabye ko umuturage uvuga ko yasenyewe…