Rwanda: Ubukene mu baturage bwaragabanutse mu myaka 7 ishize – EICV7
Abantu miiyoni imwe n’ibihumbi magana atanu mu Rwanda, bavuye mu bukene mu…
Twarwanya ruswa dute kandi abayitangaho amakuru bakiri bake?
U Rwanda ni igihugu gishimirwa n’abagisura, impuguke ndetse n’imiryango mpuzamahanga itandukanye ko…
Gushyira ibihingwa mu bwishingizi byafashije abagore bo mu Majyaruguru
Bamwe mu bagore bari mu buhinzi mu Ntara y’Amajyaruguru, mu turere twa…
Abahanga mu mibare, siyansi n’ikoranabuhanga bashyizwe igorora
Ikigo Nyafurika cy'Ubumenyi Bushingiye ku Mibare (AIMS) cyatangije gahunda yiswe ‘AIMS Rwanda…
Ibiti n’imigano biteye ku Muvumba byazanye impinduka ku mibereho y’abaturage
Nyagatare: Bamwe mu baturage bahinga mu kibaya kiri mu gishanga cya Cyonyo …
Hagaragajwe uruhare rw’Ababaruramari b’umwuga mu iterambere ry’igihugu
Urugaga Nyarwanda rw’Ababaruramari b’Umwuga (ICPAR) rwatangaje ko Ibaruramari rikozwe kinyamwuga, rigira uruhare…
Arenga Miliyari 6frw amaze gushumbushwa abahinzi n’aborozi bafashe ubwishingizi
IKigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB SPIU), ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuhinzi…
Urubyiruko rwasabwe kutarangamira inkunga z’intica ntikize
MUSANZE: Urubyiruko rwo mu Karere ka Musanze by'umwihariko urwiga mu mashuri makuru…
Ibigo byitwaye neza byashimiwe muri Consumers Choice Awards 2025
Ibigo icyenda bikorera mu Rwanda byashyikirijwe ibihembo bya Consumers Choice Awards bitegurwa…
Rubavu: Abagore 9 n’umugabo batawe muri yombi bakora ibitemewe
Rubavu, Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 10 barimo abagore 9…
Abanyarwanda barakangurirwa kurwanya imirire mibi barya amafi
Abanyarwanda barashishikarizwa kurya amafi hagamijwe guhangana n'ikibazo cy'imirire mibi n'igwingira, bakamenya ko…
Rusizi: Umusaruro w’isambaza ntucyangirika nka mbere
Abarobyi n'abacuruzi b’isambaza bo mu Karere ka Rusizi bashimira Leta y’u Rwanda…
Réseau des Femmes yashyize asaga miliyari 2 Frw mu kurengera ibidukikije
Umuryango Nyarwanda utari uwa Leta, Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement…
Urubyiruko rwa Afurika rushishikarizwa gukoresha ubwenge bukorano
Umuryango Nyafurika w’Ubucuruzi (ABH) uteraniye i Kigali, hagamijwe gushimangira urusobe rw’ibikorwa bya…
REG yasobanuye imvano y’ibura ry’umuriro rya hato na hato
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Ingufu, Rwanda Energy Group (REG), bwatangaje ko ubujura bwakorewe…
Byumba na Miyove bahuye na rwiyemezamirimo ugiye kubakorera imihanda ya kaburimbo
Gicumbi: Akanyamuneza ni kose ku baturage bo mu mirenge ya Byumba na…
Gama Global Network yashyize igorora abashaka kwiga no gutembera mu mahanga
Gama Global Network, ikigo gikomeje gufasha urubyiruko n’abakuze kubona amahirwe yo kwiga,…
Kamonyi: Abikorera biyemeje gukora ishoramari rihuriweho
Abikorera bo mu Karere ka Kamonyi banzuye ko bagiye gukora ishoramari rihuriweho…
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagize Soraya Hakuziyaremye, guverineri wa Banki Nkuru…
Rusizi : Uko Uwari Enjeniyeri yihebeye ubuhinzi bw’amatunda abikuye ku masomo yize muri COVID-19
Ukurikiyimfura Jean Baptiste wo mu karere ka Rusizi, mu Murenge wa Bugarama,…
Gicumbi: Abahuguwe gucunga amakoperative basabwe kubibyaza umusaruro
Guverineri w’Intara y’Amjyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yasabye abahinzi n’aborozi bo mu karere ka…
Gisagara: Amatungo magufi arafasha abaturage guhindura ubuzima
Abaturage bo mu karere ka Gisagara bahawe amatungo magufi, bavuga ko byabafashije…
Uko ‘ Kareremba ‘ zafashije kongera umusaruro w’amafi mu Kivu
Ikiyaga cya Kivu ku ruhande rw'AKarere ka Nyamasheke , ni hamwe mu…
United Scholarship Center ikeneye abashaka kwiga muri America, Canada n’i Burayi
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga…
Abanyarwanda barafashwa gutembera isi ku nkunga ya NomadMania
Umuryango utari uwa leta witwa NomadMania ugizwe n’abakerarugendo bo ku isi yose,…
Kigali: Abanyeshuri basaga 100 basoje amasomo y’Ikoranabuhanga mu by’ubwubatsi
Abanyeshuri 167 basoje amasomo atandukanye mu bijyanye na engeneering,archecture ndetse n’ubwubatsi ndetse…
Kicukiro: Barashima ‘Kura Organisation’ yabahinduriye ubuzima
Abakobwa 20 bo mu Karere ka Kicukiro bigishijwe gutunganya imisatsi n’ubwiza, bahawe…
Kigali: Buri minota 10 Bisi izajya ihaguruka muri Gare
Umujyi wa Kigali watangaje ko hatangiye igeragezwa rizatuma bisi zitwara abagenzi mu…
Abakozi ba ZIB bongerewe ubumenyi ku mitangire ya serivisi inoze
Ikigo cya Zion Insurance Brokers (ZIB) gisanzwe gihuza abantu n’ibigo bitanga ubwishingizi…
Kuki abanyamahanga biganje muri Salon de Coiffure mu Rwanda ?
Hirya no hino mu gihugu hagaragara inzu zituganya ubwiza n'imisatsi 'Salon de…